Umukwe n’umugeni bafatiwe mu Murenge wa Kimirongo mu Mujyi wa Kigali barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19, barazwa muri stade mu gihe hari bagenzi babo baguwe gitumo na Polisi bakiruka bakayicika...
Abaturage b’Imirenge imwe y’Uturere twa Karongi na Rutsiro bari mu byishimo kubera ibikorwa by’amazi meza bamaze kwegerezwa, ndetse benshi bahawe amatungo magufi amaze kuzana impinduka mu mibereho yab...
Ubushakashatsi n’isesengura rikorwa ku murimo mu Rwanda bigaragaza ko ihohoterwa rikomeza kubaho mu bakozi by’umwihariko abakobwa n’abagore, rigafata indi ntera iyo bigeze ku bakozi bo mu ngo. Umuyobo...
Ubwo yagiraga icyo avuga ko gikorwa cyo gushaka no gufata ibiribwa n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yavuze ko biriya bicuruzwa bisanze hirya no hino. Ib...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yavuze ko hari abantu bakomeje kurenga ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19, ku buryo mu byumweru bibiri bishize hafashwe abantu hafi 80.0...
Mu nama yahuje abantu bafite aho bahuriye n’ubuhinzi n’imirire y’Abanyarwanda harimo na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, hatangajwe ko inyama Abanyarwanda barya hanze y’ingo zabo zibanduza indwara. ...
Umuhanzi Enock Hagumubuzima aherutse gusohora indirimbo irimo ubutumwa bw’uko abafite ubumuga nabo ari abantu nk’abandi, ko bagomba kwitabwaho ntibateshwe agaciro. Yabwiye Taarifa ko kugira ngo amenye...
Ikigo Gishinzwe Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyatangaje ko mu igenzura kimaze gukora ku buziranenge bw’ubuki, mu bwoko 23 bwagenzuwe bamaze kubonamo butanu butujuje ubuziranenge. Bitangajwe nyuma y’u...
Umugabo witwa Jean Pierre Kabera yabwiye Taarifa ko hari umugabo akeka ko yitwikiriye ijoro atema insina ze 50. Uwo akeka yitwa Mugabo, kandi ngo ntarafatwa. Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko buri bugan...
Ashingiye kubyo abona nk’umwe mu bakora mu by’uburenganzira bwa muntu n’ubw’umwana by’umwihariko, Bwana Evaritse Murwanashyaka yameza ko ababyeyi badakurikiza imvugo yisw...









