Hashize Ibyumweru bibiri hatangiye kubakwa inzu y’amasaziro y’Umusaza Epimaque Nyagashotsi. Ni igikorwa cyatangijwe nyuma y’uko abwiye Taarifa ko agiye gusaza nabi kandi yaraharaniye ko u Rwanda ruboh...
Abanyarwanda bafite ibyago byo kwandura COVID-19 kurusha abandi bitewe n’ubwoko bw’akazi bakora birakomeje. Ubu hatahiwe abacururiza mu masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali. Amafoto Taarifa yabony...
Ibi biherutse kwemezwa n’Umuyobozi wungirije mu Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi n’abaturage, Assistant Commissioner of Police (ACP) Rose Muhisoni ub...
Guhera mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Abanyarwanda batangiye gukingirwa. Abakingiwe bari mu ngeri zitandukanye kuko ku ikubitiro habanje abakora mu nzego z’ubuzima, abarimu, abakuze n’abandi. Hari...
Umusaza Nyagashotsi Epimaque yigeze kuba umurwanyi mu bitwaga Inyenzi ndetse ngo yafatanyije n’abarwanyaga Hitler mu Ntambara ya Kabiri y’Isi. Ubu afite imyaka 101. Uyu musaza atuye mu Mudugudu wa Kam...
Akarere ka Nyamasheke katangije gahunda igamije kuzamura imibereho y’abaturage kise ‘Nsiga Ninogereze’. Ni imvugo ikomoka ku mugani w’Abanyarwanda uvuga ko ‘umwana uzi ubwenge bamusiga yinogereza’. Iy...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu(Revenue Protection Unit) ryafatiye mu Murenge wa Gikondo abacuruzi bacuruzaga amavuta yo kwisiga arimo ikinyabutabire kitwa Hydroquinone kizwiho...
Ku wa Kane w’Icyumweru gishize umusore yatonganye na Se witwa Felicien Nzaramba amukubita ifuni. Umusaza Nzaramba bamujyanye kuri CHUK apfirayo ariko kuko umuhungu we nawe yari yakomeretse yajyanywe k...
Umugore witwa Mukamusoni Ancilla wari utuye mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Nyamagabe yaraye yishwe akaswe ijosi ku myaka 63. Hari mu ma saa kumi za mu gitondo kuri iki Cyumweru ubwo byamenyekanaga...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye tariki 21, Gashyantare, 2021 hari abaturage batubwiye ko hari rwiyemezamirimo bakoreye ubwo yashingaga amapoto mu mirenge ya Karongi wabambuye. Uyu rweyemezamirimo yadu...









