Mu Karere ka Bugesera hatashywe uruganda rutunganya amazi rukazayasaranga mu mirenge imwe n’imwe y’aka karere ndetse rugasagurira iy’Umujyi wa Kigali. Rwatashywe na Minisitiri w’ibikorwa remezo Ambasa...
Akarere ka Gakenke kari kubakwamo imihanda ya kaburimbo ifite uburebure bwa Kilometero 101. Iyi mihanda irimo n’uzahuza Imirenge ya Gicuba na Janja kandi abayituye bakazajya bagera ku bitaro bya Gaton...
Mu karere ka Nyagatare haherutse gufatirwa umuturage witwa Phocus Nkurikiyingoma ukurikiranyweho gushinga uruganda rukora inzoga itujuje ubuziranenge yise Umuneza. Litiro 1400 bamusanganye barazimenny...
Abaturage barenga 20 bo mu mirenge ya Gitesi, Mutuntu na Rwankuba batubwiye ko bakoreye ikigo cyatsindiye isoko ryo gushinga amapoto y’amashanyarazi kitwa CEC kirabambura. Umwe muri bo yatubwiye ko ba...
Amafoto y’inzu zubatswe na Croix Rouge y’u Rwanda mu Mudugudu wa Nganzo, Akagari ka Ntendezi, Umurenge wa Ruharambuga, yerekana ko zubatswe mu buryo budakomeye none zarasenyutse. Inkuta zazo zubakishi...




