Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu kwezi kwa Mbere (Mutarama, 2021), muri Shampiyona y’igihugu y’u Bwongereza (Premier League), ryaraye rifunze. Ryari rimaze ukwezi rikorwa kuko ryatangiye tari...
Kuri Stade ya Limbe muri Cameroon, niho hakiniwe umukino wasozaga indi yose ya ¼ cya CHAN 2020, aho ikipe y’igihugu ya Guinea (Syli National) yabashije kwitwara neza imbere y’Amavubi yR...
Harabura amasaha make ngo Amavubi y’u Rwanda ahure n’Inzovu zo muri Guinéé bakina umukino wa ¼ bahatanira kugera muri ½ cya CHAN. Yongeye agezwaho ubutumwa yagenewe na Perezida Paul Kagame. Ubutumwa ...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Mutarama, 2021 hamenyekanye amakipe umunani azahura muri kimwe cya kane (1/4) cy’imikino Nyafurika ihuza abakinnyi bakina muri Shampiyona z’iwa...
Abanyarwanda baraye babyina intsinzi nyuma y’uko Amavubi atsinze Togo ibitego bitatu kuri bibiri. Intsinzi y’Amavubi yabaye igitangaza gishimishije ku Banyarwanda kuko yaherukaga gutsindira i mahanga ...
Perezida Paul Kagame yasabye abakinnyi b’Amavubi kuza gukinana umutima n’umurava mu mukino bari bukine na Togo, bakawutsinda. Minisitiri wa Sports n’Umuco Madamu Aurore Munyangaju Mimosa niwe wabagije...
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi akaba asanzwe akinira Gasogi United Iradukunda Bertrand afite imvune mu kaguru k’ibumoso. Yakandagiwe na Rutanga Eric bari mu myitozo yabereye kuri Stade ya...
Frank Lampard watozaga Chelsea yirukanywe asimbuzwa Thomas Tuchel, Lampard yari amaze amezi 18 atoza Chelsea. Yagiye kuri aka kazi muri Nyakanga, 2019. Abramovitch uyobora Chelsea niwe wafashe umwanzu...
Amavubi y’u Rwanda yaraye ahagurutse i Douala yerekeza ahitwa mu Mujyi wa Limbé. Yakoze urugendo aherekejwe n’imodoka z’intambara mu rwego rwo kuyarinda kuko mu gace yagiyemo kavugwa abarwanyi. I Doua...
Didier Gomez Da Rosa wigeze kuba umutoza wa Rayon Sports yasinye nk’umutoza mushya wa Simba FC yo muri Tanzania. Iyi kipe yari iherutse kwirukana Umubirigi Sven Vandrenbroeck werekeje muri Far Raba...









