Umutoza w’Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Vincent Mashami avuga ko nyuma yo gusuzuma uko abakinnyi be bifashe muri iki gihe, yasanze hari abatarajya ku murongo(forme) neza k’uburyo yazabajyana mur...
Ibyavuye muri tombola imaze amasaha make ibaye, byerekanye ko AS Kigali izahura n’Ikipe yo muri Tunisia yitwa Club Sportif Sfaxien. Iyi kipe yo muri Tunisia ifite amateka maremare kuko yashinzwe muri ...
Mu nteko y’Ikipe ya APR FC yabaye muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 07, Mutarama, 2021 yatoye ubuyobozi bushya bwa APR FC. Major Gen Mubarakh Muganga niwe wagizwe Chairman wayo avuye ku m...
Bwana Sepp Blatter wigeze kuyobora FIFA ari mu bitaro. Byatangajwe n’umukobwa we witwa Corinne Blatter Andenmatten. Yavuze ko Se arwaye ariko ko ubuzima bwe butari mu kaga ko kuba indwara yamuhitana. ...
Umukino wari buhuze KCCA na AS Kigali ntukibaye kuko hari abakinnyi ba KCCA basanganywe ubwandu bwa COVID-19. Iyi kipe yari iri i Kigali, ikaba yaraje ifite abakinnyi 15, babiri nibo banduye kiriya cy...
Minisitiri wa Siporo n’umuco Madamu Aurore Munyangaju Mimosa yahaye ikipe ya Uganda y’abatarengeje imyaka 17 igikomye cya CECAFA nyuma yo gutsinda bagenzi babo ba Tanzania. Umukino wa nyuma warangiye...
Umwana w’Umunyarwanda witwa Aimable Nshuti yatwaye umudari wa Bronze mu mikino yo kwiyereka(KATA) y’abana bakina Karate batarengeje imyaka 14 y’amavuko. Umudari wa Bronze uhabwa umukinnyi wese wabaye ...
Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru, AMAVUBI, kuri uyu wa Gatanu Taliki 18, Ukuboza, 2020 yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans yo muri Tanzania. ...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki 16 Ukuboza 2020, i Rubavu hari gukinirwa imikino yo ku munsi wa kabiri w’irushanwa rya CECAFA y’abatarengeje imyaka 17, bahatanira kuzitabira imikino ya nyuma y&...
Ni amarushanwa azaba hagati y’itariki ya 12 na 18, Ukuboza,2020 agahuza abana bafite munsi y’imyaka 14 y’amavuko bo muri Afurika. U Rwanda rufitemo abana bane, abahungu babiri n’abakobwa babiri. Bato...









