Polisi irinda Inyubako y’Inteko ishinga amategeko ya USA yitwa US Capitol Police yafashe umugabo ukomoka muri Leta ya Virgnia afite imbunda yuzuye amasasu n’impapuro z’impimbano z’uko yemerewe kujya ...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yashimiye mugenzi we wa Uganda Yoweli Museveni ko yongeye gutorerwa kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka. Yatsinze abandi 10 barimo na Bobi Wine waje ...
Bwana Simon Byabakama uyobora Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Uganda amaze gutangaza ko ibyavuye mu matora y’Umukuru y’igihugu yabaye ku wa Kane tariki 14 Mutarama, 2021 byer...
Abarwanyi bo mu Ihuriro bise La Coalition des Patriotes pour le Changement baravugwaho gutega igico abasirikare ba UN bari muri Centrafrique kugarura amahoro bakicamo umwe ukomoka mu Burundi. Nta gihe...
Amajwi amaze kubarurwa mu matora yo muri Uganda arerekana ko Umukandida wa NRM Yoweri Kaguta Museveni ari we uri imbere kuko afite amajyi 4,340,134 (61.98 %), agakurikirwa na Bobi Wine uhagarariye is...
Abaturage bo mu gace ka Sulawesi bari mu gahinda kenshi nyuma y’umutingito ufite ubukana bwa 6.2 ku gipimo cya Richter wishe abantu 34, abandi 600 bagakomereka. Uwo mutingito wasenye inzu nyinshi, ute...
Umugabo utavuga rumwe na Leta ya Uganda kandi wiyamamarije kuyobora Uganda Bwana Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine yatangaje ko ari we watsinze amatora, ko abavuga ko Museveni ari we uri i...
Ni ibwiriza ryashyizweho umukono na Perezida wa Repubulika y’u Burundi Evariste Ndayishimiye, wategetse ko guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 15, Mutarama, 2021 abakozi bo mu biro by’Umukuru w’Igihugu b...
Kugeza ubu amajwi y’uko abaharanira kuyobora Uganda barushanjyijwe arerekana ko Yoweli Kaguta Museveni ari we urusha abandi 11 bahanganye barimo umugore umwe witwa Nancy Kalembe Linda. Kuba amatora n...
Umwe mu barwanyi baraye bateye ingabo z’u Rwanda ziri kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique yafashwe mpiri. Abaturage bashatse kumwica ariko abashinzwe umutekano barabamutesha. Yacishijwe k...









