Umuyobozi w’ihuriro rya Politiki ryitwa The National Unity Platform Presidential witwa Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yatoreye ahitwa Magere Freedom Square aherekejwe n’umufasha we witwa Barbie...
Amafoto atangwa n’abanyamakuru bari i Kampala arerekana abaturage bagiye ku biro by’amatora gutora Umukuru w’Igihugu n’Abadepite batonze imirongo miremire, bageranya cyane k’uburyo kwirinda COVID-19 b...
Muri iki gitondo, abaturage ba Kampala n’ahandi muri Uganda baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu akomatanyije n’Abadepite. Abatora ni miliyoni umunani. Imbuga nkoranyambaga zafunzwe. Umwe mu batuy...
Umukuru w’Igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Museveni yaraye agejeje ijambo ku baturage abasaba kuzitabira amatora azaba kuwa Kane tariki 14, Mutarama, 2021 ku bwinshi. Yababwiye ko ntawe uzabakoma imbe...
Ni ubwa mbere mu Burundi abantu 40 banduriye icyorezo COVID-19 mu masaha 48. Iki cyorezo cyavuzwe bwa mbere mu Burundi muri Werurwe, 2020, hafi igihe kimwe n’icyo cyagereye mu Rwanda. Byatumye hafatwa...
Mu gihe habura iminsi ibiri ngo muri Uganda habe amatora y’Umukuru w’Igihugu, Umwarimu wa Politiki mpuzamahanga muri Kaminuza y’u Rwanda, Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba Bobi Wine ari gukoroga Museve...
Ni ikibazo buri wese yakwibaza aramutse yibutse ko COVID-19 yatangiriye mu Bushinwa mu mpera za 2019, Umunyamabanga wa World Health Organization Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus agashinjwa na USA ko yaba...
Komiseri mukuru wa Polisi ya Uganda Martin Okoth Ochola yaburiye abaturage ba Uganda ko uzahirahira agahungabanya umutekano ku munsi w’amatora ‘azicuza icyo Nyina yamubyariye.’ Amatora y’U...
Ni ubwa mbere mu mateka ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abaturage bigabye bagatera Ibiro by’Inteko ishinga amategeko, bakinjiramo bakayisakiza. Polisi iyirinda byarayirenze irazibukira. Igitangaje ni u...
Bwana Faustin-Archange Touadéra yongeye gutorerwa kuyobora Centrafrique ku majwi 54%. Atsinze amatora mu gihe igihugu cye kimaze iminsi mu bibazo bya Politiki, aho hari abarwanyi bifuzaga ko amatora ...








