Amakuru ava ku mupaka wa Eritrea na Ethiopia avuga ko hari abasirikare benshi ba Eritrea bahorejwe ku mupaka wayo na Ethiopia. Hari ubwoba ko Eritrea ishobora kwinjira mu ntambara bikaba byatuma intam...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana TÊTē Antónió yashyikirije Perezida w’u Burundi Gen Evariste Ndayishimiye ubutumwa yahawe na Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço. Minisit...
Perezida wa USA watowe Joe Biden yahisemo Gen Lloyd Austin kugira ngo azayobore ingabo za USA. Gen Austin niyemezwa na Sena azaba ari we Mwirabura wa mbere mu mateka ya USA uhawe ziriya nshingano. Au...
Hari abantu muri Ethiopia bavuga ko hari ubwoba mu baturage ko abarwanyi ba TPLF batatsinzwe burundu ahubwo bari gutegura ibitero shuma byo gutesha umutwe ingabo za Leta. Abenshi mu bafite impungenge ...
Ghana ni igihugu gifite byinshi kihariye muri Afurika. Uretse kuba ari cyo gihugu cyabaye icya mbere muri Afurika cyabonye ubwigenge kibuharaniye muri 1957, nicyo gihugu cya mbere gicukura kinagurisha...
Umuhanga mu bubanyi n’amahanga akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba Perezida Tshisekedi yaraye afashe umwanzuro w’uko ishyaka rye ryitandukanyije n’iry’uwo yasimb...
Abategetsi b’i Mogadishu bavuga ko bafite amakuru y’uko ubutegetsi bw’i Nairobi butiza umurindi ibikorwa by’iterabwoba bya Al Shabab bihitana abantu benshi mu bice bya Somalia. Somalia ivuga ko ibyo K...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi binyuze muri Komisiyo yaryo ishinzwe gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge ryakuye urumogi ku rutonde rw’ibiyobyabwenge bikomeye. Itsinda ry’abah...
Nyuma y’ubwicanyi bwabaye mu mpera z’Icyumweru gishize bugahitana abahinzi Leta ivuga ko bageraga ku110, ubu Abakuru b’Imiryango y’ababuze ababo ndetse n’abandi batuye mu Majyaruguru ya Nigeria basaby...
Raporo yatangajwe n’Ikigo mpuzamahanga kivugira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch, itangaza ko muri 2019 hari Abarundi 18 bari impunzi mu nkambi za Tanzania barigishijwe. Abakoze iriya rapor...









