Imibare itangwa n’abakozi b’Umuryango w’abibumbye muri Nigeria ivuga ko abantu 110 ari bo bamaze kubarurwa ko bishwe n’Umutwe w’Iterabwoba wa Boko Haram mu gitero waraye ugabye mu gace kitwa Garin Kwa...
Perezida wa Uganda,Yoweli Kaguta Museveni avuga ko ubutegetsi bwe butazihanganira na rimwe abo yise ‘inkozi z’ibibi’ zishyigikiwe n’ibihugu by’amahanga. Avuga ko bariya yise inkozi z’ibibi nta kindi b...
Ubutegetsi bw’i Teheran muri Iran bwarahiye ko buzihorera kuri Israel uko bizagenda kose nyuma yo kwemeza ko ariyo yishe umuhanga wayo mu by’intwaro za kirimbuzi witwa Mohsen Fakhrizadeh. Uyu mugabo y...


