Perezida Paul Kagame yagize Rukundakuvuga François Regis Perezida w’Urukiko Rw’Ubujurire, asimbura Dr Kalimunda Aimé Muyoboke wagizwe Umucamanza mu Urukiko Rw’Ikirenga. Nk’uko bigaragara mu itan...
Raporo yamuritswe n’u Rwanda yagaragaje ko u Bufaransa bwagize uruhare mu gutuma Jenoside ishoboka, gusa bisobanurwa ko raporo igamije kugaragaza amateka, itagamije kugira abo ikurikiranaho ibyaha. Iy...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Mata Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ikigo cyo mu karere gishinzwe imicungire y’imbunda ntoya n’amasasu (RECSA) na Ambasade ya Leta zunze ubumwe...
Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa Mbere izamurika raporo ku ruhare rw’u Bufaransa mu bihe byagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, imaze iminsi ikorwaho n’impuguke. Iyo raporo yatan...
Igikomangoma Philip wari umaze imyaka 73 ari umugabo w’Umwamikazi Elisabeth II w’u Bwongereza yashyinguwe, mu muhango wabaye mu muhezo kuri uyu wa Gatandatu. Yabanje gusezerwago mu isengesho ryabereye...
Minisitiri w’uburezi Dr Valentine Uwamariya yatanze ubutumwa bugenewe abakora mu burezi mu Rwanda bubibutsa ko uburezi bwo hambere ya Jenoside yakorewe Abatutsi bwagizwe umuyoboro w’ingengabitekerezo ...
Ubwanditsi bwa Taarifa bwagiranye ikiganiro n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB. Cyagarutse ku bujura bwakorewe mu Karere ka Rusizi bugahitana abantu. Umuvugizi w’uru Rwego Dr Thierry B. Murangi...
Mu gihe hari abakomeje guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi, Mwiza Josy avuga ko ubuhamya bwe ari ikimenyetso ko uwahigwaga yaziraga ko ari Umututsi, ku buryo Jenoside idakwiye gusobanurwa ukundi. Mu b...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Jean-Michel Sama Lukonde yatangaje guverinoma nshya, igomba gusimbura iya Ilunga Ilukamba wari Minisitiri w’Intebe, uheruka kwegura. Ku wa 15 G...
Umuraperi DMX yapfuye ku myaka 50, nyuma y’iminsi mike ajyanywe mu bitaro kubera uburwayi bw’umutima. Umuryango w’uyu mugabo ubusanzwe witwa Earl Simmons watangaje ko ubabajwe n̵...









