Minisitiri w’Umutekano akaba na Minisitiri w’Intebe Wungirije wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yirukanye ku kazi uwari umuyobozi wungirije w’ibiro bye, Bulakali Mululunganya Aristide, amuziza ama...
Abanyamategeko b’imiryango itandukanye bandikiye abacamanza bo mu Bufaransa, basaba gutangiza iperereza rishya ku ruhare rw’abari abayobozi b’icyo gihugu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Abung...
Itsinda ririmo gutegura inama izahuza abakuru b’ibihugu na za guverinoma bigize Umuryango w’Ibihugu Bikoresha Icyongereza (Commonwealth), inama izwi nka CHOGM 2021, ryanyuzwe n’aho u Rwanda rugeze imy...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibihugu ‘bimwe’ bikomeje kugaragaza uburyarya mu kugura inkingo za COVID-19. Yavuze ko ibi bangamiye gahunda yashyizweho yogufasha ibihugu bikennye kubona inkingo ...
Umuryango Hult African Business Club wahagaritse ikiganiro cyagombaga kwitabirwa na Trésor Rusesabagina – umuhungu wa Paul Rusesabagina uri imbere y’ubutabera bw’u Rwanda – nyuma yo kumenya byinshi ku...
Nta masaha menshi yashize Taarifa itangaje ko umusaza witwa Epimaque Nyagashotsi asaba Perezida Kagame kuzamuremera kuko ubuyobozi bw’ibanze bwamwimye inka bukavuga ko hari undi wamusimbujwe ku ...
Mu rubanza Ubushinjacyaha buregamo Paul Rusesabagina, wari Perezida w’Impuzamashyaka MRCD na Nsabimana Callixte wiyise Sankara wahoze ari umuvugizi w’umutwe w’inyeshyamba wa FLN n’abandi 18, yatangajw...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Madamu Louise Mushikiwabo yatumiwe mu nama y’Abakuru b’ibihugu biri mu Gace ka Sahel iri kubera i N’Djamena muri Tchad. Ni nama igamije kur...
Mu ijoro ryo ku wa Kane abantu bambaye imyenda ya gisirikare bateze abaturage mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi, babambura amafaranga bbarashemo umwe. Byabaye mu ijoro ryo kuwa Kane...
Mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu Polisi ifatanyije na RIB n’ubuyobozi bw’ibanze yangije ibilo 410 by’urumogi na litiro 10 za kanyanga. Mu ntangiriro z’iki Cyumweru nab...









