Umunyamakuru wa Taarifa uri ku Rukiko rwisumbuye rwa Gasabo avuga ko hariyo abantu bake biganjemo abanyamakuru baje gukurikirana uko uko ibyo kwitaba urukiko kwa Idamange Ilyamugwiza Yvonne biri bugen...
Urukiko Rukuru – Urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambuka imbibi – rwanze gufungura by’agateganyo abagabo babiri barugejejeho inzitizi, baregwa ibyaha by’iterabwoba mu rubanza r...
Urwego rw’Ubucamanza rwatangaje ko Idamange Iryamugwiza Yvonne ukekwaho ibyaha birimo guteza imidugararo no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, azitaba Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ku wa Kane w’iki c...
Urukiko rurasoma urubanza rumaze iminsi ruburanisha ku byaha Nicolas Sarkozy amaze iminsi aregwamo, aho ubushinjacyaha bumushinja gukoresha ubushobozi yari afite nka Perezida wa Repubulika agaha umuca...
Abacamanza babiri b’Abanyarwanda Richard Muhumuza na Anita Mugeni bahawe imirimo mu Rukiko rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EACJ, nyuma yo kwemezwa n’inama y’abakuru b’ibihugu bigize uyu murya...
Kuva mu mezi make ashize ifatwa rya Rusesabagina rikomeje kuvugwaho byinshi, uhereye ku buryo yageze mu Rwanda, uko yafashwe n’uburyo afunzwemo. Ni umugabo ukurikiranyweho ibyaha by’iterab...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Busingye Johnston, yemeje ko indege yavanye Rusesabagina Paul i Dubai ikamugeza mu Rwanda agahita atabwa muri yombi, yishyuwe na Leta y’u Rwanda a...
Urukiko Rukuru – Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka – rwanzuye ko ibyo Paul Rusesabagina yavuze ko atagombye kuburanishwa n’u Rwanda kuko atari Umunyarwanda, nta ...
Kuri uyu wa Gatanu, nibwo Urukiko ruri butangaze umwanzuro warwo ku mbogamizi Paul Rusesabagina aherutse kuruha avuga ko atari Umunyarwanda, bityo ko adakwiye kuburanishwa n’Inkiko z’u Rwanda. U...
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwongeye gusubika isomwa ry’urubanza rw’abantu 32 barimo Rtd Major Habib Mudathiru n’abasirikare batanu bo mu Ngabo z’u Rwanda, baregwa ibyaha by’iterabwoba, bisham...









