Indwara ikomeye yiswe Monkeypox yadutse ku isi, imaze kugera mu bihugu 12 kandi mu gihe cy’umunsi umwe ni ukuvuga ku taliki 21, Gicurasi, 2022 yafashe abantu 92. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ku isi...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko bitakiri ngombwa ko abantu bagiye guhurira ahantu hamwe bapimwa umuriro. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko n’izindi ngamba zo kwirinda COVID-19 zorohejwe. Mu itangazo ...
Inama ikomeye yahuje inzego za leta, amavuriro yigenga n’ibigo by’ubwishingizi yakuyeho icyemezo cyari gutuma guhera kuri uyu wa 25 Mutarama, abantu bivuriza ku bwishingizi bwa Radiant, Britam na Sanl...
Kubera akazi abantu muri iki gihe bakora n’amafaranga batunze, bamwe bahitamo kurya ibiryo bita fast food, ibi bikaba ari ibiryo bitunganyirizwa mu bikoni by’abatanga serivisi z’imirire n’iminywere ar...
Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyagaragaje ko nyuma y’ubugenzuzi cyakoze ku mwuka wo mu karere ka Rubavu cyasanze atari mwiza, nubwo ntaho bihuriye n’Ikirunga cya Nyiragingo cyat...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hakenewe ubufatanye bw’igihugu kugira ngo umugabane wa Afurika ubashe kubona inkingo n’imiti ukenera, nk’uburyo bwafasha mu gukemura ibibazo by’ubuzima haherewe ku cyore...
Abantu 89 barimo abana 17 bapimwe basanganwa ubwandu bwa Virusi ya Zika. Ni ibipimo byafatiwe mu Buhinde nk’uko Minisiteri y’aho y’ubuzima yabitangaje mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Mpunga Tharcisse yavuze ko ibibazo biterwa n’icyorezo cya COVID-19 byiyongereye ku ihungabana Abanyarwanda bakomora ku mateka ya Jenoside yakor...
Uruganda Biopharmaceutical New Technologies (BioNTech) rwo mu Budage rwemeye gusuzuma uburyo rwakubakira ku ikoranabuhanga ryarwo, rugakorera mu Rwanda na Senegal inkingo z’indwara za Malaria n’Igitun...
Mu mizo ya mbere guterura ibyuma bitera ubwoba, bigaca intege. Ku rundi ruhande ariko kubikora ni umwitozo mwiza. Mu mezi atandatu umuntu ashobora kugira icyo ageraho, imikaya ye igakomera. Ikibazo gi...








