Urubyiruko rw’i Kinshasa rumerewe nabi kubera ikiyobyabwenge bise Bombe. Ni abatuye uriya mujyi bagihimbye, bagikora mu binyabutabire bitandukanye none ubu kimaze kogera mu rubyiruko rw’aho. Abo cyay...
Kaminuza Mpuzamahanga mu by’ubuzima(The University of Global Health Equity (UGHE) yatoye Madamu Jeannette Kagame ngo abe Umuyobozi wungirije w’Inama ngishwanama y’inararibonye z’Abanyafurika yis...
Abakora mu nzego z’ubuzima muri Guinea baratangaza ko hari umuntu wahitanywe n’indwara iterwa na Virusi yitwa Marburg kandi ngo iyi ndwara nidakumirwa hakiri kare ishobora kuzaba icyorezo kimwe na Ebo...
Kuri iki Cyumweru tariki 08, Kanama, 2021 abantu bari mu bwato bagira ngo bambuke ikiyaga cya Tanganyika baje kurohama nyuma y’uko bugonze ibuye, bukarohama. Hapfuye abantu 11 barimo abana barindwi. B...
Itsinda ry’abaganga baturutse muri Maroc, Espagne n’u Burusiya bahuriye na bagenzi babo b’Abanyarwanda mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, mu gikorwa kizabasigira ubumenyi ku buryo bugezweh...
Nibwo bwa mbere mu mateka y’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge muri Amerika, hafashwe ibiyobyabwenge bifite agaciro kageze kuri miliriya y’amadolari y’Amerika. Ibiyobyabwenge byafashwe ni toni 27 za cocaine ...
Umubyibuho ukabije ni ikibazo cy’ubuzima hirya no hino ku isi ariko cyane cyane mu bihugu bikize n’ibitangiye gukira. Bavuga ko umuntu afite umubyibuho ukabije iyo bafashe uburebure bwe n’ibiro bye ba...
Ibitaro bizwi nka Baho International Hospital byo mu Mujyi wa Kigali byasabye imbabazi ku mitangire mibi ya serivisi imaze igihe ibivugwamo, yamaganywe cyane kuva mu minsi ishize binyuze ku mbuga nkor...
Taarifa yabajije Dr Aimable Mbituyumuremyi ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Malaria mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima aho ubwandu bwayo buhagaze mu Rwanda avuga ko Malaria igihari kandi ifata benshi. Avuga ...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda zimaze iminsi zipima ubwandu bwa COVID-19 harebwa niba nta coronavirus yihinduranyije irimo gukwirakwira mu baturage, gusa ntakiremeza ko ihari nk’uko ibipimo by’ibanze bibi...









