Mu Buhinde hadutsemo indwara idasanzwe yica 50% by’abo yafashe cyangwa igakira bakuyemo umurwayi ijisho. Bayise mucormycosis. Igihangayikishije ni uko abo yibasira ari abakize cyangwa abakirutse...
Leta y’u Rwanda imaze igihe ishaka uko Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal (KFH) byashyirwa ku rwego mpuzamahanga, nka bumwe mu buryo bwagabanya ko Abanyarwanda bajya kwivuriza hanze yarwo. Muri Mata 2016...
Ubuyobozi bw’Ibitaro Byitiriwe Umwami Faisal bwatangaje ko biri mu myiteguro yo gutangiza serivisi zo gusimbura impyiko, nk’imwe muri serivisi Abanyarwanda benshi bajya gushakira mu mahanga kandi ikab...
Ubushakashatsi bwatangajwe na BBC buvuga ko abantu bakora amasaha menshi bagira ibyago byo gupfa bazize guturika kw’imitsi yo mu bwonko cyangwa umutima ugahagarara. Guhera muri 2016 kugeza ubu habaruw...
Kubana n’umunywi w’itabi byongerera utarinywa ibyago bingana na 51% byo kurwara cancer yo mu kanwa. Icyari gisanzwe kizwi ni uko byateraga cancer y’ibihaha utarinwa. N’ubwo umuntu ubana n’utarinywa na...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko urukingo rwa RTS,S rurimo kwifashishwa mu gukingira malaria mu bana, rumaze guhabwa abasaga 650.000 mu bihugu bya Malawi, Ghana na K...
N’ubwo byari bisanzwe bizwi ko kurya inyama nyinshi byongera ibinure mu mitsi bigatuma amaraso adatembera neza, ubushakashatsi bwerekanye ko ubukana bw’iki kibazo burenze ubwo abantu basanzwe bazi. Ni...
Inama y’ubutegetsi ya Banki y’Isi yemeje miliyoni $30 z’inyongera – ni ukuvuga hafi miliyari 30 Frw – zigenewe u Rwanda, zizifashishwa mu kugura no gukwirakwiza inkingo za COVID-19 mu gihugu. Ni icyem...
Abatuye Akarere ka Gakenke batangiye gukoresha ibitaro bya Gatonde bimaze igihe byubakwa nk’isezerano bahawe na Perezida Paul Kagame. Kuri uyu wa Gatatu byakiriye abarwayi ba mbere. Ni ibitaro byubats...
Kugira ngo umubiri w’umuntu uba wubatse ukenera ibiwubaka bita proteins. Kugira umubiri wubatse, ubyibushye…biterwa n’ibyo wariye kandi n’Abanyarwanda baciye umugani ngo ‘ikirima ni ikiri mu nda’ ndet...









