Ingabo z’u Rwanda zari zimaze iminsi zitegurirwa kujya gutabara abatuye Intara ya Cabo Delgado muri Mozambique kuri uyu wa Gatanu tariki 09, Nyakanga, zuriye indege zerekeza yo. Zizakorana n’abapolisi...
Umugabo wari wariyise General akaba yayoboraga Umutwe w’inyeshyamba wa Maï-Maï yatawe muri yombi na Polisi ya Repubilka ya Demukarasi ya Congo. Yitwa Kambale Kabamba akaba yari asanzwe ayobora Maï-...
Ku Kabiri tariki ya 06 Nyakanga, 2021 abagore babiri bafite hagati y’imyaka 21 na 24 bafatiwe mu Murenge wa Huye Akarere ka Huye nyuma y’igihe bahisha inzego z’umutekano nyuma yo gusindisha umugabo ba...
Mu Kagari ka Nyabikenke Umurenge wa Bumbogo Akarere ka Gasabo hari umugabo bivugwa ko yari asanzwe afite abana b’abakobwa babiri yasambanyaga akanashaka abagabo bo kubasambanya bakamwishyura. Um...
Abasirikare bakuru bashinzwe iperereza rya gisirikare ry’u Rwanda, u Burundi, Tanzania, Uganda na Congo-Kinshasa zahuriye i Bujumbura ziganira ku ngingo zirimo uko zafatanya ngo hagaruke umutekano ura...
Kubera ko ingamba zo kwirinda icyorezo COVID-19 muri iki gihe zisaba abacuruzi n’abandi gufunga serivisi saa kumi n’imwe z’umugoroba, abacuruzi by’umwihariko bagomba kuba maso kuko hari abiyitirira Po...
Umwe mu bakozi ba Minisiteri y’ingabo mu Bwongereza yataye impapuro zikubiyemo amabanga akomeye y’igisirikare cyabwo. Muri yo harimo imigambi yo gukorana n’ingabo za Afghanistan n’uko u Bwongereza bwa...
Abapolisi 160 bari bamaze hafi imyaka ine muri Sudani y’Epfo baraye bagarutse mu Rwanda. Bakiriwe na Assistant Commissioner of Police ( ACP) Yahaya Kamununga wari uhagarariye ubuyobozi bukuru bwa Poli...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Rwamagana, Ingabire Jean Marie Theophille, nyuma yo kumusangana amafaranga yibwe umucuruzi. Yafashwe mu iperereza ry...
Ibi bigaragazwa n’ubwinshi bw’amafaranga abarwa iyo ibiyobyabwenge byafashwe na za Polisi zo hirya no hino ku isi. Urugero ni ibiyobyabwenge byafashwe na Polisi ya Turikiya mu mwaka wa 2020 byose hamw...









