Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, mu minsi ibiri imaze gufata ibilo 550 by’ifumbire Leta igenera abahinzi muri gahunda ya Nkunganire, yari igiye ku...
Mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda riri mu Karere ka Musanze, hari kubera amahugurwa agenewe abapolisi bakuru agamije gutyaza ubumenyi bwabo mu bikorwa byo gucunga umutekano ugamije amahoro aramby...
Guhera tariki 12 kugeza tariki 19, Kamena, 2021 itsinda ry’abasirikare bo muri Nigeria bayobowe na Brigadier General Aniedi Edet bari mu Rwanda mu ruzinduko shuri. Kuri uyu wa Kabiri bahuye na Lieufte...
Captain Mugisha Peter wo mu Ngabo za Uganda yakiriye Pte Bakuru Muhuba, ashima uburyo yafashwe mu Rwanda, amuburira kutazongera gukora amakosa yatumye yisanga mu maboko y’Ingabo z’u Rwanda. RDF kuri i...
RDF Yafatiye Umusirikare Wa Uganda Mu Rwanda Kuri uyu wa Gatandatu ahagana saa kumi z’umugoroba Pte Bakuru Muhuba wo mu ngabo za Uganda yafatiwe mu Rwandau mudugudu w’Amajyambere, Akagari ...
Polisi y’u Rwanda yaraye iburiye abacuruza ibikoresho byakoze(occasion) basabwe kujya bashishoza kuko hari ubwo bagura bakanagurisha ibikoresho byakozwe kandi ari ibyibano. Hari mu kiganiro nyunguran...
Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira Thierry yavuze ko ibimenyetso bamaze kubona bihamya neza ko umunyamategeko Bukuru Ntwali yiyahuye, igisigaye kikaba ari ukumenya impamvu yabimute...
Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo baherutse gukorera umuganda mu bitaro biri ahitwa Torit muri Leta ya Equatoria, imwe mu zigize Sudani y’Epfo. Ni umuganda bakoze ba...
Ubwo yaganirizaga abapolisi bari bamaze iminsi mu mahugurwa y’uburyo bakorana n’abaturage, Umuyobozi wungiriije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa DIGP/Ops Felix Namuhoranye yababwiye ko buryo umu...
Umugabo witwa Mugisha Conary ukomoka muri Uganda aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho kwiyita ko ari Umunyarwanda kugira ngo abone uko yizerwa n’abacu...









