Komiseri Mukuru wa Polisi ya Malawi IGP George Kainja kuri uyu wa Kabiri yasuye Ishuri rya Polisi iri mu murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana, asiga avuze ko abapolisi bo muri Malawi bafite gahun...
Ubwo yarahiriraga kongera kuyobora Uganda, abantu batekereje ko Perezida Museveni yaba agiye kuzibukira ibikorwa byo gutera inkunga abavuga ko bashaka guhirika Leta y’u Rwanda, ariko si ko biri. Ikiz...
Kuri Twitter umuturage wiyise Emma-Pacifique yanditse amagambo akomeye, avuga ko anenga Polisi y’u Rwanda kuko hari umwe mu bapolisi wamuhohoteye akamuhagarikira akazi akanamufunga. Uyu muntu yavuze k...
Ku kicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye umuhango wa kwikira mu cyubahiro Komiseri mukuru wa Polisi ya Malawi waje gusura Polisi y’u Rwanda no kugirana ibiganiro n’ubuyobozi bukuru b...
Lt.Gen Mohamed Farid uyobora Imitwe yose igize ingabo za Misiri ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Yahageze tariki 27,Gicurasi, 2021, abonana n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Ka...
Polisi y’u Rwanda irasaba abamotari kuzibukira ibikorwa bagaragaramo birimo gufasha abakora ibyaha babageza cyangwa babavana aho babikorera. Ibi Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (...
Taarifa imaze kubona itangazo ryavugaga ko Minisiteri y’ingabo z’u Burundi ivuga ko abateye u Rwanda bataturutse ku butakwa bwabwo, yabajije umuvugizi w’ingabo z’u Burundi Col Floribert Biyereke niba ...
Umwe mu baha Taarifa amakuru mu Karere ka Nyarugenge yaraye aduhaye amafoto yerekana abanyeshuri barimo abahungu n’abakobwa biga mu kigo kiri mu bigo bizwi cyane mu Rwanda kitwa Saint André bafite imi...
Ni amasomo hari guherwa mu ishuri rikuru rya Polisi riri mu Karere ka Musanze (NPC). Abapolisi b’u Rwanda bari guhugurwa uko abana barindwa kwinjizwa mu gisirikare no kujya mu bikorwa byo gukoresha i...
Nyuma y’itangazo rya Minisiteri y’ingabo rivuga ko hari abarwanyi bo mu mutwe wa Front de Libération National( FLN) baraye bateye u Rwanda, ingabo zarwo zikabasubizayo, hari amafoto yasohotse yerekana...









