Kuri uyu wa Gatatu tariki 10, Werurwe, 2021 hari abasirikare b’u Rwanda basimbujwe bagenzi babo bari basanzwe baragiye kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo ahitwa Malakal. Habayeho igikorwa cyaba...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda( Inspector General of Police) Dan Munyuza ubwo yasezeraga ku bapolisi bateguraga kujya mu kazi ko kugarura amahoro muri Sudani Y’epfo yababwiye ko biba byiza iyo ...
Ku Cyumweru gishize(hari tariki 28, Gashyantare, 2021) ingabo z’u Rwanda n’iz’u Burundi zararasanye hagira izikomereka ku mpande zombi. Ubuyobozi ku mpande zombi bwirinze kubitangaza ndetse burakomako...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe abakozi n’imiyoborereDIGP/AP Juvénal Marizamunda avuga ko Polisi y’u Rwanda ikomeje kandi izakomeza guhugura abakozi bayo kugira ngo baneze ubu...
Imibare itangazwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe amahoro ku isi, ivuga ko kugeza ubu abagore cyangwa abakobwa bari mu kazi ko kugarura amahoro hirya no hino ku isi bangana na 6.6%. Uko bi...
Taarifa yamenye ko hari umugororwa w’imyaka 24 witwa Daniel wari ufungiye muri Gereza ya Rusizi warashwe ku wa Gatatu w’Icyumweru gishize arapfa. Gereza ya Rusizi yubatswe mu Murenge wa Kamembe hafi y...
Umuyobozi wa Divisiyo ya Gatatu y’Ingabo z’u Rwanda Major General Alexis Kagame yabwiye abatuye Akarere ka Rubavu kuba maso, nyuma y’igitero abarwanyi ba FDLR baherutse kugaba kikica Ambasaderi w’u Bu...
Igice cy’i Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo kimaze imyaka myinshi cyaribasiwe n’imitwe y’abarwanyi. Ibiri niyo ikomeye kurusha iyindi arimo mu by’ukuri muri kariya gace h...
Mu murenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke hari umugore wafashwe kuri uyu wa Gatanu tariki 19, Gashyantare, 2021 afite imifuka itatu irimo urumogi rupima ibilo 80. Yafashwe ubwo Polisi ikorera muri...








