Imibare ivuga ko ibitero bikoresha ikoranabuhanga bigabwa ku bigo by’ubucuruzi muri Afurika, ibyinshi bigabwa muri Afurika y’i Burasirazuba. Biterwa n’uko aka karere k’Afurika ari ko kateye imbere mu ...
Umukuru w’u Rwanda yaraye abwiye abashakashatsi b’Abanyarwanda n’Abafaransa bari mu nama ibahuza bita International Colloquium ko mu myaka yashize byari bigoye gutekereza ko Abanyarwanda n’Abafaransa...
Mu mboni z’abahanga bamwe na bamwe nka Stephen Hawking, ibiri mu isanzure byarigiyemo binyuze mucyo bise BIG BANG. Ngo ni iturika rihambaye ry’ingufu zatumye inyenyeri, imiyaga, imibumbe b’ibindi biri...
Uwo ari we wese wabaye mu gace kabamo imibu, azi ukuntu itesha abantu umutwe, ikababuza gusinzira. Imibu ibuza umuntu gusinzira ishaka amaraso ariko abahanga basanze ibifashwamo n’andi mayeri benshi t...
Abahanga bo muri Kaminuza ya Oxford bavuga ko urukingo rwa AstraZenica bakoze rwagaragaje ko rufite ubushobozi buhagije bwo gutuma uwaruhawe agira umubiri ufite ubudahangarwa buhagije ku bwandu bushy...
Hari impamvu ebyiri z’ingenzi zituma tubyemeza: Kuvuka kw’ibirwa no kuzimira kwabyo. Mu Buyapani haherutse kuvuka ikirwa gishya nyuma y’iruka ry’ikirunga kiri munsi y’Inyanja kitwa Fukutoku-Okanoba. H...
N’ubwo ibyo bavuga hari ukuri kurimo hashingiwe ku bigaragara henshi, ariko abahanga bavuga ko kwiheba, abantu bakavuga ko batarenza imyaka 100 ari uguhuka kuko bo baje gusanga abantu bifitemo ubusho...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’ibirunga mu mpera z’Icyumweru gishize(hari ku wa Gatandatu tariki 24, Nyakanga, 2021) basohoye itangazo ribwira abaturiye ikirunga cya Nyiragongo kugira ibyo bitwara...
Hashize imyaka itatu abahanga bemeje ko nta kabuza ku mubumbe wa Mars hari amazi atemba. Si ibyo gusa bemeje ahubwo bemeje ko hari ibindi biyaga birenga 10 biri hirya no hino kuri ‘uriya mubumbe bita...
Nyiragongo ni ikirunga giherereye mu gace kagizwe n’imisozi miremire yo muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo ituranye n’u Rwanda. Iherutse kuruka yimura abantu ibihumbi aho irangirije kuruka mu nda ...









