Muri Afghanistan hari ikibazo cyo kubura abanyabwenge bakora akazi ka Leta karimo ubuyobozi bwa Politiki. Ibi bituma Abatalibani biganjemo abahoze barwanya Amerika ari bo bagakora kandi bakajyana imbu...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu taliki 09, Mata, 2022, Inama y’Abaminisitiri iri guterana. Ni Inama iteranye mu gihe ibintu hafi ya byose byafunguwe ngo bikore muri iki gihe Icyorezo COVID...
Abaturage bifatanyije na Perezida wabo Evariste Ndayishimiye mu gikorwa ryo gusiza no gushyira ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa Stade. Ni mu gace ka Masinzira mu Nkengero z’Umurwa mukuru w’u Burundi ...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda zivuga ko kuba hari gahunda nyinshi zasubukuwe mu Mujyi wa Kigali ari ikimenyetso ko bidatinze ibintu bishobora gusubira uko byahoze mbere ya COVID-19. Ikigo cy’igihugu cy’u...
Inama y’abaminisitiri yoroheje amabwiriza menshi ajyanye no kurwanya icyorezo cya COVID-19, yigiza inyuma amasaha yo gutaha ava saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ashyirwa saa mbili z’ijoro. Ni ingamba zig...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye tariki 06, Kamena, 2021 hari umucuruzi wa serivisi za Sauna wo mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo waketse ko zakomerewe yakira abakiliya, Polisi iramufata arabih...
Inama y’abaminisitiri yemeje ko ingendo zemewe kuva saa kumi za mu gitondo kugeza saa yine z’ijoro, mu gihe zasozwaga saa tatu z’ijoro. Ni umwe mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu w...
Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri, yitezwemo ingamba nshya zo guhangana n’icyorezo cya COVID-19 mu gihugu. Inama iheruka yabaye ku wa 19 Mata 2021, iganira kuri raporo ic...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bwana Felix Tshisekedi ari mu rindi hurizo ry’uburyo yacururutsa abamufashije gusenya ishyaka rya Kabila, ubu batishimiye ko batagaragaye mu myanya ikome...
Minisiteri ya Siporo n’Umuco yatangaje ko siporo yemewe mu Mujyi wa Kigali ari ikorerwa mu ngo ariko abashatse kuyikora ku giti cyabo bakayikorera mu midugudu yabo kandi guhera saa kumi n’imwe za mu ...








