Kuri uyu wa Kane taliki 31, Ukuboza, 2020 nibwo Perezida Paul Kagame yavuze ijambo rirangiza umwaka, arigeza ku batuye u Rwanda. Hari saa tatu z’ijoro Perezida Kagame mu ijambo rye yagarutse ku ...
Muri Kanama, 2020 twatahuye uburiganya bw’amafaranga abaturage bishyura kuri Tap&Go ya murandasi iyo bateze imodoka ariko ntibayihabwe. Bukeye bw’aho RURA yahamagaje abanyamakuru kugira ngo ...
Abaturage bavuga ko n’ubwo hari bube Noheli ariko uyu mwaka watumye ntawishimisha nk’uko byari bisanzwe bityo ko na Noheli idashamaje. Abatuvugishije barimo abacuruzi mu nzego zitandukanye kandi abens...
Imyaka igiye kuba 30 u Rwanda ruvuye muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Kugeza ubu ni igihugu kiri gutera imbere n’ubwo hatabura ibitotsi birimo na bamwe mu bayobozi bakurikiranwaho ruswa. Louise Mushik...
Nyuma y’uko APR FC itsinzwe na Gor Mahia yo muri Kenya ibitego 3-1 mu buryo butunguranye kandi bwababaje Abanyarwanda benshi, hakomeje kwibazwa impamvu APR FC isanzwe ari inyabigwi mu Rwanda iyo igeze...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera avuga ko bimaze kugaragara ko Abanyarwanda bazi ibyo Umupolisi yemerewe n’ibyo atemerewe gukora. Yabivuze nyuma yo kwereka...
Mu kiganiro cyahuje ubuyobozi bwa Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu n’izindi nzego zifite aho zihurira n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu, Dr Gasanabo Jean Damascène wari uhagarariye...






