Mu Ntara ya Borno muri Nigeria abarwanyi b’Umutwe Islamic State West Africa Province (ISWAP), uzwi mu Cyarabu nka Jamā’at Ahl as-Sunnah lid-Da’wah wa’l-Jihād bateze igico abasirikare ba Nigeria bicamo...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 04, Nzeri, 2021 Ingabo z’Abatalibani zatangije intambara ku barwanyi bashyigikiye umugabo witwa Massoud. Uyu mugabo yigeze gutozwa n’ingabo z’Amerika n’u Bwongereza kugir...
Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki 17, Kanama, 2021 abantu bivugwa ko ari abarwanyi bagendera ku mahame akarishye ya Kisilamu(Jihadistes) bishwe abaturage 37 bo mu gace ka Darey-Daye muri Nig...
Abaarwanyi b’Abatalibani bamaze gufata ibice byinshi by’Umurwa mukuru wa Afghanistan. Bahakandagije ikirenge kuri iki Cyumweru tariki 15, Kanama, 2021. Basanze ingabo za kiriya gihugu zara...
Hari video iherutse gutangazwa n’abashyigikiye umutwe wiyita ‘Leta ya Kiyisilamu’ (Islamic State) yamagana u Rwanda nyuma y’uko rubohoye Umujyi wa Mocímboa da Praia wo muri Mozambique wari warabaye ik...
Col Ronald Rwivanga uvugira Ingabo z’u Rwanda yabwiye Taarifa ko kuba izi ngabo zigaruriye umujyi wafatwaga nk’ibirindiro by’abarwanyi ba Islamic State muri Mozambique ari ikintu gikomeye. Ngo akazi ...
Abarwanyi bashaka gukuraho ubutegetsi bw’i Addis Ababa baturutse mu Ntara ya Tigray bigaruriye umujyi w’i Lalibera muri Ethiopia uyu ukaba ari umujyi urimo ingoro zashyizwe ku rutonde rw&#...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye kuri uyu wa 01, Kanama, 2021 nibwo ingabo za Afurika y’Epfo, South African National Defense Force (SANDF)zageze ahitwa Pemba. Hari ubwato bwazao bw’intambara buri mu Ny...
U Rwanda, Botswana, Afurika y’Epfo, Zimbabwe, Angola…biri mu bihugu by’Afurika byafashe iya mbere byiyemeza kujya muri Mozambique kuyitabara. Ku ikubitiro u Rwanda rwahise rwohereza ...
Ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu cye, Perezida wa Mozambique Filip Nyusi yavuze ko ingabo z’igihugu cye zifashijwe n’iz’u Rwanda mu Cyumweru gishize bakubise inshuro abarwanyi bamaze igihe b...








