Mu gihe hasigaye igihe gito kugira ngo ingabo z’Amerika zitahe ariko ubu zikaba zarongerewe igihe, byarakaje Abatalibani. Ingabo na Polisi baryamiye amajanja biteguye ko abarwanyi b’Aba Taliban ...
Ku wa Mbere tariki 20, Mata, 2021 nibwo muri Tchad, Afurika n’isi muri rusange abantu batangajwe kandi bababazwa n’urupfu rwa Idriss Deby Itno wari umaze imyaka 30 ayobora Tchad. Itariki yatangajweho ...
Nibwo bwa mbere guhera muri 2013 ubwo Boko Haram yatangiraga guteza umutekano muke, ivuzweho gukorana n’undi mutwe ngo bahirike ubutegetsi bw’i N’Djamena. Abarwanyi b’uyu mutwe baravugwaho gutan...
Mu masaha ashyira ay’ijoro kuri iki Cyumweru tariki 11, Mata, 2021 imirwano hagati y’ingabo za DRC n’inyeshyamba za FDLR na Maï Maï Nyatura yari irimbanyije. Ingabo za DRC zari zashoboye kwigarurira u...
Umuryango witwa Action Pour La Paix En Afrique watanze impuruza uvuga ko ibihugu bituranye na DRC ndetse na DRC ubwayo bigomba kuba maso kuko hari abarwanyi benshi bari kwisuganyiriza muri Beni kugira...
Perezida wa Angola João Lourenço yaraye yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Centrafrique Madamu Baipo Temom Sylvie baganira uko ibintu byifashe muri Centrafrique. Nyuma y’ibiganiro João Loure...
Mu masaha y’ijoro ryakeye abarwanyi b’Umutwe wiyise Bataka-Katanga bagabye igitero ku basirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Kongo bicamo bane n’abaturage 11 bo muri Lubumbashi. Aya makuru yemejwe ...






