Abdul Ghani Baradar niwe muyobozi w’ikirenga w’Abatalibani bayoboye Afghanistan muri iki gihe. N’ubwo atari asanzwe azwi cyane kubera ko n’Abatalibani ayoboye bari bamaze imyaka 20 bihisha, ariko afi...
Hamwe mu hantu Isi ihanze amaso ni muri Afghanistan. Abatalibani baraye binjiye mu Biro by’Umukuru w’Igihugu bashing Leta ya Kisilamu yiswe Islamic state of Afghanistan. Babikoze nyuma yo gufata Umurw...
Abaarwanyi b’Abatalibani bamaze gufata ibice byinshi by’Umurwa mukuru wa Afghanistan. Bahakandagije ikirenge kuri iki Cyumweru tariki 15, Kanama, 2021. Basanze ingabo za kiriya gihugu zara...
Abagabo babiri baherutse gufatirwa mu Ntara ya Herat bakekwaho ubujura nibo babimburiye abandi mu guhanwa n’Abatalibani kuva aba batangira intambara yo kongera kwigarurira Afghanistan. Nyuma yo gufatw...
Muri Afghanistan ingoma ziri hafi guhindura imirishyo! Abatalibani bakomeje kotsa igitutu ingabo za Leta, nazo zakumva ko bari hafi aho zikayabangira ingata. Hari amafoto yasohotse yerekena uko Abatal...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 07, Kanama, 2021 nyuma yo kwigarurira agace ka Jawzjan karimo umujyi w’ahitwa Sheberghan , Abatalibani barekuye imfungwa zari zifungiye muri iyo gereza. Hari video yagarag...
Mu byumweru bibiri bishize, ingabo za Afghanistan zimaze igihe zihanganye n’Abatalibani ariko byo kwigerezaho kuko bigaragara ko nta bushake bwo ku rugamba zifite. Byatangajwe ko zimwe zatangiye kuyab...
Perezida wa Turikiya Tayyip Erdogan yabwiye abanyamakuru ko Abatalibani bagombye guhagarika intambara bari kugaba ku butegetsi bw’i Kabul kuko Turikiya izabivuna nibaramuka begereye ikibuga cy’indege ...
George W. Bush wigeze kuyobora Amerika mu bihe byakurikiye ibitero byo ku tariki 11, Nzeri, 2001 yaraye ahaye ikiganiro Deutsche Welle avuga ko kuba Joe Biden yarategetse ko ingabo z’Amerika ziva mur...
Burya intambara ubona uyinjiramo ariko ntumenya igihe n’uburyo izarangira. Ubanza iyi ariyo mpamvu umuhanga mu mateka akaba yarigeze no kuba Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amah...









