Nyuma yo gukubitwa inshuro n’Abatalibani cyane cyane mu Majyaruguru ya Afghanistan, ingabo z’iki gihugu ziri kwisuganya ngo zirebe ko zakwirukana bariya barwanyi bamaze iminsi bazicanaho umuriro. Inta...
Nyuma y’uko ubutegetsi bwa Joe Biden butangaje ko ingabo z’Amerika zigomba kuva muri Afghanistan mu gihe gito kiri imbere, ibigo by’ubutasi by’Abanyaburayi n’Amerika byatangiye kwisuganya kugira ngo b...
Mu gihe hasigaye igihe gito kugira ngo ingabo z’Amerika zitahe ariko ubu zikaba zarongerewe igihe, byarakaje Abatalibani. Ingabo na Polisi baryamiye amajanja biteguye ko abarwanyi b’Aba Taliban ...


