Mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi hafatiwe abantu babatu barimo n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari Polisi ibakurikiranyeho gushuka abacuruzi babaka ruswa ngo bazabashyire ku ...
Uwari usanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nkungu kari mu Murenge wa Munyaga muri Rwamagana(ubu yahagaritswe mu nshingano) yakoresheje ubukwe mu mpera z’Icyumweru gishize mu babutash...
Iki Cyumweru kiri kurangira gisize abaturage umunani bo muri Kimihurura bishwe n’inzoga yiswe Umuneza. Mu gihe ab’i Kigaki mu Murenge wa Kimihurura bacyunamira ababo, i Nyanza mu Murenge wa Kigoma bo...
Abo baturage ni abo mu bwoko bw’aba Rohingya bo muri Myanmar. Bavuga ko bagiye kurega Facebook kubera ko ngo yifashishijwe n’ubutegetsi bwa kiriya gihugu kugira ngo ikwize urwango rwo kubamara. Bavuga...
Amakuru Taarifa yakuye muri bamwe mu baturage bo muri Kimisagara avuga ko mu gace kuriya murenge gaturanye na Nyabugogo hari igaraje riri gushya. Ni igaraje rituriye uruganda rukora inkweto. Ubwo twa...
N’ubwo Leta y’u Rwanda ikomeje koroshya ingamba zari zarakajijwe mu mezi yashize mu rwego rwo kwirinda COVID-19, umwe mu batuye Umurenge wa Masaka avuga ko abantu batitonze bashobora kongera kanduzany...
Hari abaturage bifuza ko mu kiganiro Perezida Kagame azaha Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, yazagaruka ku cyo bise ‘ikibazo cy’utubari’ tumaze imyaka ibiri dufunzwe. Ndererehe avuga ko Umukur...
Mu kiganiro yahaye Radio Rwanda kuri uyu wa 21, Kanama, 2021 yavuze ko Umunyarwanda ari uw’igitinyiro, ko agomba kubahwa ntahohoterwe n’abayobozi. Ku rundi ruhande ariko ngo hari n’abaturage ba...
Urwego rwa Uganda rushinzwe abinjira n’abasohoka rwaraye ruhererekanyije n’u Rwanda abaturage barwo 26 barimo abana babiri. Bose bari bafungiye muri gereza ya Matinda kandi mu bapimwe hasanzwe harimo ...
Abaturage bo mu tugari tw’Umurenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza baratakamba bavuga ko muri uriya murenge hari abashumba baboneshereza, hagira ukoma bakamukubita. Ngo iyo baregeye ubuyobozi bubirenza ...









