Indege ya Qatar Airways yageze ku kibuga cy’indege cy’i Kabul ijyanyeyo ibikoresho byo gufasha mu kurwanya COVID-19. Niyo nkunga ya mbere yo gufasha urwego rw’ubuzima bwa kiriya gihugu ihageze guhera ...
Abatalibani batangaje ko bigaruriye Intara ya Panjshir yari isigaye mu zigize Afghanistan batarafata. Ni amakuru batangaje kuri uyu wa Mbere tariki 06, Nzeri, 2021 bavuga ko iby’abarwanyi b’umugabo w...
Hari abaturage bifuza ko mu kiganiro Perezida Kagame azaha Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, yazagaruka ku cyo bise ‘ikibazo cy’utubari’ tumaze imyaka ibiri dufunzwe. Ndererehe avuga ko Umukur...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 04, Nzeri, 2021 Ingabo z’Abatalibani zatangije intambara ku barwanyi bashyigikiye umugabo witwa Massoud. Uyu mugabo yigeze gutozwa n’ingabo z’Amerika n’u Bwongereza kugir...
Igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyatangaje ko umugabo wateguye igitero ku kibuga cy’indege i Kabul kikagwamo abarenga 170 barimo abasirikare 13 ba Amerika, yiciwe mu gitero yagabweho hifa...
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda yatangaje ko yiteguye guha ikaze abanyeshuri b'abakobwa n'abakozi ba School of Leadership Afghanistan (SOLA), bahungishijwe nyuma y'uko igihugu cyabo cyaf...
Shabana Basij-Rasikh washinze ishuri ry’abakobwa gusa, School of Leadership Afghanistan (SOLA), yavuze ko bari mu nzira bimurirwa mu Rwanda, bizeye kuhakomereza amasomo nubwo mu gihugu cyabo bitoroshy...
Guverinoma y’u Rwanda yemeye ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo kwakira by’igihe gito bamwe mu baturage bo muri Afghanistan, barimo guhunga nyuma y’uko icyo gihugu gifashwe n’umutwe wa Talib...
Kuba Abatalibani barafashe Afghanistan ni inkuru itaramara igihe ivuzwe ku isi. Kuba barasubiye ku butegetsi bihangayikishije benshi barimo n’Abanyafurika. Impamvu ituma Abanyafurika bahangayika ni uk...
Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yabwiye abandi Banyaburayi ko bagombye kwirinda gutegeka abandi uko babaho. Ni ubutumwa yageneye Abanyamerika n’abandi batuye u Burayi abasaba kutazahirahira ngo b...







