Intiti ikomeye kurusha izindi muri Guinée yitwa Djibril Tamsir Niane yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki 08, Werurwe, 2021 azize COVID-19 nk’uko abo mu muryango we babivuze. Niwe munyamateka wagize uruha...
Umunyamabanga Mukuru wungirije wa Komisiyo y’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe Madamu Monique Nsanzabaganwa yaganiriye n’abandi bagore bakorana mu nzego zitandukanye zuriya muryango abifuriza umu...
Polisi Mpuzamahanga ikorera i Lyon mu Bufaransa yaburiye Isi cyane cyane ibihugu bikennye ko abagizi ba nabi bafite umugambi wo gukora no kugurisha inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge. INTELPOL ...
Seif Bamporiki wari mu bagize umutwe w’iterabwoba wa RNC, yiciwe mu mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo, mu gace gakunze kuberamo ubugizi bwa nabi bukoreshwa intwaro. Amakuru yizewe aturuka muri Af...
Nyuma yo guhererekanya ububasha na Perezida Cyril Ramaphosa wari umaze umwaka ayobora Afurika yunze ubumwe, Perezida Felix Tshisekesi yavuze ijambo rikubiyemo ibyo ateganya kuzageza kuri Afuruka mu mw...
Perezida Kagame yaraye ababwiye Intiti zo mu Ishami rya Kaminuza ya Stanford ryigisha Politiki mpuzamahanga ryitwa Hoover Institution ko imwe mu mpamvu zituma Umugabane w’Afurika udahabwa ijambo ari ...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko Ihuriro NEPAD ryerekanye ibishoboka mu guteza imbere Afurika. Ubu butumwa bukubiye mu ijambo yagejeje kuri bagenzi be bitabiriye umuhango wo kwizihiza imyaka 2...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bivuga Igifaransa, Madamu Louise Mushikiwabo asaba ibigo by’imari n’abandi bafite ijambo rikomeye mu bihugu bikoresha Igifaransa gufasha abagore...
Muri byinshi yagarutseho mu ijambo yagejeje ku baturage, Perezida Kagame yagarutse ku myenda ibihugu by’Afurika bifitiye amahanga, ikaba yararushijeho kuba ikibazo muri ibi bihe bya COVID-19. Perezid...
Umwaka wa 2020 uri mu yindi myinshi abanyamateka bazandikaho kuko wabayemo byinshi ariko cyane cyane kwibasira abantu mu byerekeye ubuzima kubera icyorezo cya COVID-19. Urebye muri Afurika usanga hari...









