Ikigo gikurikirana amakuru y’ubutasi kitwa SITE Intelligence Group cyatangaje ko hari abasirikare 70 ba Benin bishwe n’abarwanyi b’Ishami rya Al Qaeda ryitwa JNIM mu gitero bagabweho...
Mu gihe Amerika yibuka abayo bahitanywe n’igitero cy’indege cyagabwe n’ibyibehe ubu hakaba hashize imyaka 20, Abongereza bo barashima Imana yabafashije kuvumbura ibitero 31 bifite ubukana nk’ubwicyag...
Ubwo Komiseri Mukuru wa Polisi ya Malawi IGP Dr George Kainja yakiraga mugenzi we wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza ubwo yari yasuye ishuri rikuru rya Polisi ya Malawi, yamubwiye ko igihugu cye kit...


