Mu rugo rwe ruherereye i Benghazi niho Gen Haftar yatangarije ko agiye gutangira kwiyamamariza kuyobora Libya mu matora ateganyijwe mu Ukuboza, 2021. Yavuze ko atabikoze agamije kujya ku butegetsi ubw...
Kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda haraba amatora mu rwego rw’Umurenge. Ni amatora y’abagize Komite mu byiciro bitandukanye. Abari buyobore ariya matora babanje kurahirira kuza gukora neza ibyo bashinzwe...
Abanyarwanda binjiye mu bihe by’amatora bizasiga habonetse abayobozi basaga 240,000, mu gikorwa kizifashishwamo uburyo budasanzwe kubera icyorezo cya COVID-19. Hazaba hatorwa komite nyobozi z’Imidugud...
Mu ijambo Edgar Lungu yagejeje ku baturage biciye kuri Televiziyo y’igihugu, yavuze ko ari ngombwa kwemera ibyavuye mu Matora y’Umukuru w’Igihugu, hakabaho guhererekanya ubutegetsi mu mahoro. Ni nyuma...
Tariki 19, Nyakanga, 2017 Perezida Kagame yabwiye abaturage bari baje kumva uko yiyamamazaga ko mu myaka irindwi yatangiye nyuma y’amatora yabaye muri Kanama, 2021, ko Gari ya Nyabugogo izavugurwa ika...
Imibare iri gutangazwa na Komisiyo y’amatora muri Zambia irerekana ko Bwana Hakainde Hichilema ari we uri imbere mu majwi amaze kubarurwa kugeza ubu. Ni nyuma y’uko kuri uyu wa Gatanu abatuye kiriya g...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’ishyaka riri ku butegetsi muri Zambia ryitwa The Patriotic Front rivuga ko abayobozi babiri baryo bakuru barimo Jackson Kungo na Emmanuel Chihili bishwe. Bishwe kuri ...
Ubuyobozi bw’Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi buri gusuzuma uko bwakuriraho ibihano u Burundi. Ni ibihano mu by’ubukungu byashyizweho mu mwaka wa 2015 ubwo mu Burundi habaga imidugararo yatewe n’uko Pie...
Abaturage ba Israel baraye babyina buracya! Ni nyuma y’uko Inteko ishinga amategeko yabo itoye ko ihuriro rigizwe na Bwana Naftali Bennett ari ryo rigomba kuyobora Guverinoma nyuma yo gutsinda Benyami...
Izi mpungenge zigarutsweho na Bwana Nadav Argaman uyobora urwego rw’ubutasi bw’imbere muri Israel rwitwa Shin Bet nyuma yo gusuzuma uko ibintu bimeze muri iki gihe habura igihe gito ngo Benyamin Neta...








