Amajwi amaze kubarurwa mu matora yo muri Uganda arerekana ko Umukandida wa NRM Yoweri Kaguta Museveni ari we uri imbere kuko afite amajyi 4,340,134 (61.98 %), agakurikirwa na Bobi Wine uhagarariye is...
Kugeza ubu amajwi y’uko abaharanira kuyobora Uganda barushanjyijwe arerekana ko Yoweli Kaguta Museveni ari we urusha abandi 11 bahanganye barimo umugore umwe witwa Nancy Kalembe Linda. Kuba amatora n...
Umuyobozi w’ihuriro rya Politiki ryitwa The National Unity Platform Presidential witwa Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yatoreye ahitwa Magere Freedom Square aherekejwe n’umufasha we witwa Barbie...
Amafoto atangwa n’abanyamakuru bari i Kampala arerekana abaturage bagiye ku biro by’amatora gutora Umukuru w’Igihugu n’Abadepite batonze imirongo miremire, bageranya cyane k’uburyo kwirinda COVID-19 b...
Muri iki gitondo, abaturage ba Kampala n’ahandi muri Uganda baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu akomatanyije n’Abadepite. Abatora ni miliyoni umunani. Imbuga nkoranyambaga zafunzwe. Umwe mu batuy...
Umukuru w’Igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Museveni yaraye agejeje ijambo ku baturage abasaba kuzitabira amatora azaba kuwa Kane tariki 14, Mutarama, 2021 ku bwinshi. Yababwiye ko ntawe uzabakoma imbe...
Mu gihe habura iminsi ibiri ngo muri Uganda habe amatora y’Umukuru w’Igihugu, Umwarimu wa Politiki mpuzamahanga muri Kaminuza y’u Rwanda, Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba Bobi Wine ari gukoroga Museve...
Bwana Faustin-Archange Touadéra yongeye gutorerwa kuyobora Centrafrique ku majwi 54%. Atsinze amatora mu gihe igihugu cye kimaze iminsi mu bibazo bya Politiki, aho hari abarwanyi bifuzaga ko amatora ...
Ubuyobozi bwa Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko italiki yari yaremejwe ko abifuza gutorerwa kujya muri Njyanama batangiraho kandidatire zo kujya muri Njyanama z’Uterere yigijwe imbere. NEC iv...
Perezida Paul Kagame yifurije Roch Marc Christian Kaboré uherutse gutsindira kongera kuyobora Burkina Faso kuzagira akazi keza. Perezida Kaboré yatangiye kuyobora Burkina Faso mu Ugushyingo, 2015 n...








