Muri iyi minsi Perezida Joe Biden n’abo bafatanyije gutegeka Amerika bari ku gitutu asabwa ko yakwicara agasubiramo amasezerano y’ubufaranye igihugu cye gifitanye na Israel. Ariya masezerano avuga ko ...
Muri Afghanistan intambara yubuye hagati y’abarwanyi b’Abatalibani n’ingabo za kiriya gihugu. Imirwano iheruka yaraye ibereye mu gace ka Mehterlam mu Ntara ya Laghman. Abarwanyi b’Abatalibani batangij...
Perezida wa Iraq Barham Salih yatangaje ko igihugu cye kimaze kwibwa miliyari $150 binyuze muri ruswa mu bucukuzi bwa peteroli, kandi ko ariya mafaranga yibwe guhera mu 2003 yajyanywe hanze y’igihugu....
Nyuma y’uko ubutegetsi bwa Joe Biden butangaje ko ingabo z’Amerika zigomba kuva muri Afghanistan mu gihe gito kiri imbere, ibigo by’ubutasi by’Abanyaburayi n’Amerika byatangiye kwisuganya kugira ngo b...
Ubushinjacyaha bwatangaje ko bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, dosiye ya Munyenyezi Béatrice uregwa ibyaha bya Jenoside, busaba ko yaba afunzwe by’agateganyo mu gihe ategereje kubu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Turikiya yatumije Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri icyo gihugu, ngo atange ibisobanuro ku cyemezo igihugu cye cyafashe cyo kwemeza Jenoside yakorewe ...
Mu rugamba rwo guhangana na Leta zunze ubumwe z’Amerika mu byerekeye ubumenyi bw’ikirere no kugikoloniza, u Bushinwa nabwo bwakoze icyuma cy’ubushakashatsi buzohereza ku mubumbe wa Mars. Umubumbe wa M...
Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burundi yatangajeko guhera ku wa 22 Mata yoroheje amabwiriza agenga imitangire ya Viza ku Barundi bashaka kujya muri Amerika, nyuma y’igihe abatuye icyo gih...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Mata Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ikigo cyo mu karere gishinzwe imicungire y’imbunda ntoya n’amasasu (RECSA) na Ambasade ya Leta zunze ubumwe...
Ntabwo ibyiza bya Siporo bigarukira ku guha umubiri w’uyikora uburyo bwo guhumeka neza gusa cyangwa ngo itume amakipe yinjiza akayabo, ahubwo ihuza n’abasanzwe bafite ibyo bapfa. Ni muri uru rwego Pin...









