Ubwo yatahaga k’umugaragaro inyubako nshya ya Banki ya I&M, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yashimye uruhare Banki muri rusange zagize mu guteza imbere ubukungu ariko cyane cyane mu kugu...
Mu kiganiro Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda yahaye itangazamakuru ku byerekeye ubuzima bw’ifaranga buhagaze mu ntangiriro z’umwaka wa 2023, John Rwangombwa yavuze ko imibare yerekana ko ibiciro b...
Banki nkuru y’igihugu (BNR) na muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi basohoye raporo igaragaza ko mu mwaka wa 2022, amabuye y’agaciro u Rwanda rwoherezwa mu mahanga yarwinjirije miliyoni $683. Ni ha...
Yitwa Kiernan Forbes akaba yaramenyekanye nka AKA. Uyu muhanzi uri mu bakomeye bo muri Afurika y’Epfo yiswe arasiwe mu Mujyi wa Durban n’abantu Polisi itaratangaza kugeza ubu. Yari akiri muto kuko yar...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje Mutarama, 2023 yarangiye ibiciro by’ibicuruzwa muri rusange bizamutseho 2.1% ugereranyije n’uko umwaka wa 2022 warangiye byifashe. Kur...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kiglai, BK Group, bwatangije ikigo bwise BK Foundation kigamije kongerera imbaraga gahunda za Leta mu burezi, guhanga udushya no kubungabunga ibidukikije. Umuyobozi Mukuru wa BK...
Ni imibare yatangajwe na Banki Nyafurika y’iterambere, AfDB. Abahanga b’iyo banki bongeraho ko iyo basuzumye basanga mu mwaka wa 2024 ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 8.1%. Hagati aho Min...
Impamvu ni uko uyu muntu aba afite akamaro kanini ku muryango we, ku bakozi be, ko banyamigabane mu kigo ayobora no ku gihugu muri rusange. Uko bimeze kose ariko, CEO( Chief Executive Officer) ni umun...
Ku nshuro ya mbere, muri Afurika habereye inama mpuzamahanga yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa ryakomeza gutezwa imbera ku isi no muri Afurika by’umwihariko. Perezida Kagame yavuze ko buryo urubyiruk...
Hari itsinda ry’abahanga mu buhinzi n’imitegurire y’ibiribwa n’ibinyobwa bihurije mu kiswe The African Food Fellowship bamaze iminsi baha amasomo Abanyarwanda ku mihingire n’imitekere iboneye hagamijw...









