Umunya-Tunisia Béchir Ben Yahmed ukomoka muri Tunisia ariko ufite ubwenegihugu bw’u Bufaransa washinze ikinyamakuru Jeune Afrique yapfuye azize COVID-19. Ni nyuma y’ukwezi yanduye kiriya c...
Ubushinjacyaha bw’i Paris bwasabye ko iperereza ryakorwaga ku basirikare b’Abafaransa ku ruhare rwabo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rihagarikwa. Ni nyuma y’igihe bisabwa n’imiryango iharanir...
Abajenerali barenga 20 barimo abari mu kiruhuko cy’izabukuru baraye banditse ibaruwa ifunguye igenewe Perezida Emmanuel Macron bamuburira ko niba atagaruye umutekano mu gihugu ngo atsinde burundu abak...
Perezida Paul Kagame ni umwe mu batanze ubuhamya bwifashishijwe muri raporo u Rwanda ruheruka gushyira ahabona ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yakozwe n’ikigo Levy Firestone ...
Ahitwa Montlieu-la-Garde mu Bufaransa haraye hafatiwe umupadiri witwa Marcel Hitayezu ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Kimwe mu byo aregwa ni ukugaburira Interahamwe ...
U Bufaransa ni kimwe mu bihugu by’u Burayi bifitanye ‘amateka mabi’ n’ibihugu bwakolonije ndetse n’ibyo butakolonije, urugero rukaba u Rwanda. Ibyo bihugu ni Algérie, u Rwanda, Côte d’Ivoire…ubu hajem...
Bwana Edouard Balladur wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa mu gihe Jenoside yakorewe Abatutsi yakorwaga mu Rwanda yabwiye France 24 ko u Bufaransa butagombye kugira icyo bwicuza kuri Je...
Bwana Nicolas Sarkozy uherutse guhanishwa igifungo cy’imyaka itatu kubera uruhare yahamijwe mu gukoresha nabi ububasha bwe yaraye aherutse guhamagara Polisi ngo ize ice amande abantu bishe amabwiriza ...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye afashe ibyemezo byo gukumira ko abaturage be bakomeza kwandura COVID-19 bakomeza kwandura COVID-19 . Muri byo harimo ko abatuye mu Ntara 19 zibasiwe nayo ...
Jean-Paul Kimonyo ni umushakashatsi mu mateka y’u Rwanda cyane cyane urwa nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Yahoze ari umujyanama wa Perezida Kagame. Avuga ko raporo y’Abanyamateka b’Abafaransa nta...









