Umwanditsi akaba n’umunyamakuru Patrick de Saint-Exupéry aherutse kwandika igitabo yise La Traversée. Avuga ko ibyabaye muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo mu myaka ya 1996 kugeza 2001 bitakwitwa J...
Ikicaro cya CIA muri Niger kiri mu bilometero 800 uvuye ku murwa mukuru, Niamey. Iki kicaro kiri ahantu hagoye guturwa kuko hari amazi make cyane, kandi hashyuha cyane.Hari bamwe bavuga ko ari hamwe m...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye yemereye abashakashatsi mu mateka y’umubano hagati y’igihugu cye na Algeria kugera ku nyandiko zivuga ibyo abasirikare b’u Bufaransa bakoreye Abanya...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, mu minsi iri imbere ateganya uruzinduko mu Rwanda, rushobora kuzaba hagati ya Mata na Gicurasi 2021. Amakuru avuga ko Perezida Macron azasura u Rwanda mu ...
Izi mpaka ziraca kuri RFI kikaza kwibanda ku biherutse gutangazwa Médiapart yavuze ibyo yabwiwe n’umuhanga mu mateka witwa François Graner werekanye inyandiko( Télégramme diplomatique) yerekanaga ibig...
Ni intambara bamwe bise iy’ubutita nka yayindi yari hagati ya Leta zunze ubumwe z’Amerika na Leta zunze ubumwe z’Abasoviyete yatangiye muri 1947 irangira muri 1991. Iyi ntambara iteruye hagati y’ibihu...
Ku basanzwe bakurikirana imikorere ya FIFA muri iki gihe, bemeza ko ibyayo biri gusubirwamo. Imwe mu ngingo yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda y’uko FIFA yagira icyicaro...






