Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yakoze impinduka zikomeye muri Guverinoma, asimbuza abarimo Minisitiri w’Ingabo Nosiviwe Mapisa-Nqakula. Ni impinduka zakozwe mu gihe Afurika y’Epfo ihangany...
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zifatanyije n’iza Mozambique (FADM) zashoje urugamba rugamije gufata umujyi wa Mocímboa da Praia, usobanuye byinshi ku bikorwa bigamije kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgad...
Itangazo rya Minisiteri y’ingabo za Botswana ryasohotse kuri uyu wa Gatatu rivuga ko hari umusirikare wa kiriya gihugu wapfiriye muri Mozambique. Ingabo z’iki gihugu ziri muri Mozambique mu rwego rwo ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta yavuze ko u Rwanda rufite inyungu mu kohereza abasirikare mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, kubera ko rutewe inkeke n’ibikorwa by’umutwe w’i...
Ubwo Komiseri Mukuru wa Polisi ya Malawi IGP Dr George Kainja yakiraga mugenzi we wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza ubwo yari yasuye ishuri rikuru rya Polisi ya Malawi, yamubwiye ko igihugu cye kit...
Botswana yohereje abasirikare 296 muri Mozambique, nk’itsinda ry’ingabo z’Umuryango w’Ubukungu bwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) zoherejwe mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado. Ni ubw...
Ingabo z’u Rwanda zikomeje ibikorwa bya gisirikare bigamije kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, yugarijwe n’ibikorwa by’umutwe witwaje intwaro wa al-Shabaab wahagaritse ubuzima ...






