Kuri iki Cyumweru hari abasore bane bafashwe n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo biyemerera ko batorejwe igisirikare muri Uganda bigizwemo uruhare na Thomas Lubanga Dyilo uyobora ishyaka UPC...
Ubuyobozi bw’Intara ya Haut- Katanga bwatangaje ko hashyizweho igihembo cya $ 5000 ku muntu cyangwa abantu bazatanga amakuru yatuma abishe batemaguye umunyamakuru Patrick Adonis Numbi Banza bame...
Urukiko rwa gisirikare rwa Mwene-Ditu ahitwa Lomami rwakatiye urwo gupfa umupolisi witwa Mutombo Kanyemesha bahimba Méchant-Méchant nyuma yo kumuhamya kwica Abashinwa babiri no kurasa uwa gatatu akam...
Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, Perezida Kagame yavuze ko yigeze guha ubuyobozi bwa DRC inama y’uko ibihugu byo mu Karere bifite imitwe ibihungabanyiriza umutekano byajyayo bigafatanya bikayirukana...
Kuri iki Cyumweru tariki 05, Mutarama, 2025, ahitwa Mambasa mu Ntara ya Ituri habaye irasana hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abarwanyi ba Maï- Maï Wazalendo basanzwe bakorana n’...
Imwe muri dosiye zikomeye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kugeza mu mpera z’iki Cyumweru ni urupfu rw’Abashinwa babiri barashwe n’umupolisi. Byabaye ngombwa ko Visi Minisitiri...
Kuri uyu wa Kabiri abasirikare 13 ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bakatiwe n’urukiko rwa Butembo igihano cyo kwicwa bazizwa ko bahuze urugamba bari bahanganyemo na M23. Ababuranishwaga bose hamwe...
Abaturage bo mu Karere ka Rusizi cyane cyane abahahira mu isoko ry’i Gihundwe bavuga ko kugura ihene yo kubaga ku bunani ari undi mushinga uhenze kuko hari izigura Frw 160,000. Icyashara cy’abaguzi b...
Abasirikare bane ba DRC n’umwe wa Uganda bakomereye mu kurasana kwabaye mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo basakiraniraga ahitwa Irumu muri Ituri. Ku mpamvu zitaramenyekana, iryo rasana ryabaye ubwo im...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yageze muri Congo Brazzaville mu rugendo azaganiramo na Perezida Denis Sassou N’gesso. Perezidansi ya Congo Kinshasa ivuga ko mu biganir...









