Amakuru aravuga ko hari umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo warasiwe mu Rwanda arapfa. Byabereye mu Mudugudu wa Cyamabuye, Akagari ka Rusura, mu Murenge wa Busasamana mu Karer...
Umwaka wa 2022 ni umwaka uvuze byinshi ku mubano w’ejo hazaza hagati ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’u Bubiligi. Niwo mwaka umwami w’u Bubiligi yasuye Kinshasa ndetse ni nawo ubutegetsi bw’i Br...
Polisi yataye muri yombi umusirikare wari ugiye kurasa umupolisi wari umusabye gukura imodoka aho yari yayiparitse nabi. Byaraye bibereye ahitwa Kibuye mu Murwa mukuru wa Uganda, Kampala. Umusirikare ...
Indwara ihangayikishije isi Abanyarwanda bise ubushita bw’inkende(Monkeypox) iravugwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Maï-Ndombe. Inzego z’aho z’ubuzima zivuga ko abantu 114 ari bob amaz...
Muri Uganda haraye hageze Itsinda ry’intumwa zoherejwe na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ngo zibaze mugenzi we wa Uganda uko ikibazo cya M23 cyakemuka. Museveni yamub...
Amakuru aturuka i Kinshasa avuga ko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi yatumije inama idasanzwe y’Abaminisitiri kandi biravugwa ko ashobora kugira bamwe akura mu mirimo nde...
Akoresheje Twitter, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta avuga ko ibimaze iminsi bivugwa n’itangazamakuru ryo mu Rwanda ndetse n’itangazamakuru mpuzamahanga ko u Rwanda rwasin...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki 05 n’iya 06, Nyakanga, Perezida Kagame arajya muri Angola guhura na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo baganire uko ibibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubul...
Perezida Kagame yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo idashaka ko hari ingabo z’u Rwanda zizajya mu mutwe w’ingabo za EAC uzategurirwa kujya gucyemura umutekano mucye uri muri DRC, nta kiba...
Imwe mu ngingo zikubiye muri Raporo iherutse gutangazwa n’Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’abibumbye ryasuzumye uko muri iki gihe ibintu byifashe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ivuga ko abar...









