Intambara irakomeje muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kandi ku rwego rukomeye. Abarwanyi ba M23 berekanye intwaro nyinshi ndetse na radio z’itumanaho rya gisirikare bambuye ingabo za Repubulika y...
Mouvement du 23, Mars( M23) ishima ko Uhagarariye Umuryango w’Abibumbye muri DRC witwa Bintu Keïta akora uko ashoboye ngo umutekano w’abatuye iki gihe bose urindwe ariko ukamunenga ko atajya akomoza k...
Abagize Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi, bavuguruye ibihano byafatiwe Repubulika ya Demukarasi ya Congo harimo n’uko itemerewe kugira uwo iguraho intwaro. Ni icyemezo cyafashw...
Nyuma y’uko abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bashyiriye iterabwoba ku muraperi ukomoka iwabo ariko uba mu Bufaransa witwa Youssoufa ko naza mu Rwanda ibizamubaho azabyirengera, uwitwa La...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa Madamu Cathérine Colonna yabwiye mugenzi we wungirije wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ko i Paris badashyigikiye ibitero bya M23, ko igomba kub...
Kuri uyu wa Mbere taliki 20, Kamena, 2022 ku rwego rw’isi no ku rwego rw’u Rwanda by’umwihariko, hizihijwe umunsi mpuzamahanga wahariwe impunzi. Mu Rwanda ku rwego rw’igihugu byabeyere mu Karere ka Bu...
Abakuru b’ibihugu by’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba baraye bemeranyije ku ishyirwaho ry’ingabo z’aka Karere ndetse bavuga ko imvugo y’urwango ku Banyarwanda icika. Muri Repubulika ya Demukarasi ...
Umukuru w’u Rwanda yageze muri Kenya kuri uyu wa Mbere mu nama yatumijwe na Perezida Uhuru Kenyatta yo kwiga ku mutekano muke umaze iminsi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Muri Kenya yahahuriye...
Amashusho ari gutambuka ku mbunga nkoranyambaga arerekana abasore bafite imihoro ityaye kandi mishya bari gusaka imodoka zitwaye abagenzi. Biributsa uko mu mwaka wa 1994 byari bimeze ubwo Interahamwe ...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko rudashaka na gato intambara na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Dr Vincent Biruta yabwiye France 24 ko n’ubwo ubushotoranyi bwa Repubulika ...









