Umuvugizi wa M23 witwa Major Willy Ngoma yatangaje ko ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zikomeje kubagabaho ibitero. Avuga ko kuba zikomeje kubarasaho, bibaha uburyo bwo kwitabara kandi baza...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo habereye impanuka ikomeye yakozwe na Gari ya Moshi ihitana abantu kugeza ubu babarirwa muri 60. Iyi mpanuka yabereye ahitwa Lubudi mu gace ka Lualaba. Byaraye b...
Mu ngoro ya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo hasinyiwe amasezerano y’ubufatanye burambye hagati ya Turikiya n’iki gihugu kiri mu bikungahaye ku mutungo kamere kurusha ibindi ku isi. Mu ma...
Umugaba w’ingabo za Uganda ziri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Major General Kayanja Muhanga yaraye afunguye ku mugaragaro umuhanda wubatswe muri Ituri n’ibigo bikora imihanda byo muri U...
Minisitiri w’imari wa Tanzania witwa Mwigulu Nchemba yatangaje ko igihugu cye cyasinyanye n’u Burundi amasezerano yo kubaka umuhanda wa Gari ya Moshi w’ibilometero 287. Ni umuhanda uzuzura utwaye mili...
Mu gihe ingabo za Uganda ziri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo zivuga ko ziri gukubita inshuro abarwanyi ba ADF, kuri uyu wa Kane tariki 13, Mutarama, 2022 aba barwanyi bishe abantu 10 barimo ab...
Hirya no hino ku isi usanga ingoro z’Abakuru b’ibihugu ziba ari ahantu hakomeye hahurirwa n’abantu batekerereza igihugu kandi barinzwe cyane. Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ho si ko bimeze. B...
Nyuma y’uko bitangajwe ko yuriye indege akajya mu Bubiligi, bamwe bagakeka ko ari ho yahungiye, amakuru atangwa na Jeune Afrique aremeza ko Vital Kamerhe ari mu Bufaransa kandi azamarayo ukwezi kumwe....
Amakuru atangarizwa kuri Twitter na bamwe mu banyamakuru bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aremeza ko Vital Kamerhe yaraye yuriye indege ajya mu gihugu batatangaje. Birakekwaho yaba yagiye kwi...
Lulendo Matumona wamenyekanye ku isi ku izina rya General Defao yapfuye azize uburwayi bivugwa ko ari COVID-19. Yari afite imyaka 62 y’amavuko. Yavutse tariki 31, Ukuboza, 1958 avukira i Kinshasa. Yat...









