Tiffany Sadler arateganya gusura u Rwanda mu Cyumweru gitaha akazaganira narwo uko umubano hagati ya Kigali na London wakomeza, ukaba mwiza kurushaho. Itangazo Taarifa Rwanda ikesha Ambasade y’U...
Muri Kamena, 2025 biteganyijwe ko u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo bizasinya amasezerano y’amahoro azasinyirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hari Abakuru b’ibihugu byose u...
Hashize iminsi itanu hasinywe amasezerano hagati ya Leta ya DRC na M23 ariko ubu biravugwa ko imirwano hagati y’abahanganye ku rugamba yubuye. Ubwo izo mpande zasinyaga ayo masezerano zari zahuj...
Kuri uyu wa Gatanu Tariki 25, Mata, 2025, bitaganyijwe ko Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb.Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa DRC Thérèse Kayikwamba Wagner bari businyire imbere ya M...
Abari bahagarariye M23 mu biganiro byateguraga ibindi bizaba mu mpera za Mata, 2025, baravugwaho kubivamo kubera impamvu z’uko hari ibyo batemeranyije kandi bikomeye. Bivugwa ko kuri uyu wa Kabiri tar...
Mu gihe cy’umunsi umwe ageze muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Joseph Kabila yahuye n’amakuru y’uko Ishyaka rye Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie (PPRD) r...
Umuryango wa Afurika yunze ubumwe uherutse kugena Perezida wa Togo Faure Essozimna Gnassingbé ngo abe umuhuza mu kibazo kiri hagati ya M23, u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni inshingano...
Ahagana saa yine z’ijoro kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu gice cy’Uburengerazuba bw’Umujyi wa Goma uturanye n’Akarere ka Rubavu humvikanye ibisasu biremereye. Abahatuye babwiye itangaza...
Umwe mu bayobozi b’urubyiruko rwa Wazalendo yabwiye Minisitiri w’ingabo za DRC Alexandre Luba Ntambo ko we na bagenzi be barambiwe ingabo z’u Burundi kuko ngo zibitambika mu kazi. Uwo muntu agira ati:...
Imvura yaguye mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatumye uruzi rwa Ndjili rwuzura, amazi arasembera ku buryo yabujije abo ku ruhande rumwe kwambuka bajya ku rundi. Abo yasanze hakury...









