Massad Boulos, umujyanama wihariye wa Perezida Trump ku bireba Afurika aherutse i Kinshasa aganira na Perezida Tshisekedi bemeranya ko Amerika izarindira DRC umutekano nayo ikayiha amabuye y’agaciro. ...
Ubwo bari bagiye mu bukwe bw’inshuti yabo, Abanyarwandakazi bane bakuwe mu modoka bakirangiza kwerekana ibyangombwa byabo ko ari Abanyarwandakazi bahita bashyirwa ku ruhande bajya gufungwa. Uburundi b...
Abashinwa bakora mu Kigo GLC gikorera ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Kalemie barataka ko hari abasirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo babahotera bo ubwabo cyangwa bagahohotera bagenzi ba...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola witwa Téte António yatangaje ko Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we João Lourenço baganira uko bakomeza kugirana inama. Antoni...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb.Olivier Patrick Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wa Tunisia witwa Mohamed Ali Nafti batinda ku bibazo biri mu Karere u Rwanda ruh...
Ahitwa Matonge habereye irasana hagati ya bamwe mu bagize Umutwe urinda Abayobozi bakuru b’igihugu n’abapolisi umuntu umwe ahasiga ubuzima. Matonge iherereye ahaitwa Kalamu mu Murwa mukuru, Kinshasa. ...
Umutwe AFC/ M23 wanzuye kutitabira ibiganiro byo muri Angola byari buwuhuze na Guverinoma ya DRC. Uyu mutwe wasohoye itangazo ugaragaza ko uhagaritse kwitabira ibiganiro byari kuyihuza n’intumwa za Le...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka yasabye urubyiruko kwitabira kujya mu gisirikare ku bwinshi kugira ngo rukome imbere M23. Yavuze ko Leta yazamuye umusha...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga ari i Harare muri Zimbabwe ayoboye itsinda ririmo n’Umugaba w’umutwe udasanzwe mu ngabo z’u Rwanda witwa Brig Gen Stanislas Gashugi ndetse n...
Perezida Paul Kagame yabwiye abatuye Umujyi wa Kigali ko Abanyarwanda bakwiye kumva ko ntawe ukwiye kubagenera uko babaho, aboneraho no kwihaniza Ububiligi yise agahugu gato kaciyemo u Rwanda ibice. A...









