Ihuriro ry’abantu 400 biganjemo intiti bihurije hamwe inyandiko isaba Umuryango Mpuzamahanga kwamagana no gukora ibishoboka byose ubwicanyi bukorerwa abaturage ba DRC bo mu bwoko bw’Abatutsi bavuga Ik...
Abakuru b’ibihugu bigize SADC, binyuze mu nama bakoze mu buryo bw’ikoranabuhanga, biyemeje gukomeza gufasha Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu rugamba ihanganyemo na M23. Samia Suluhu Hassan, Perezi...
Abaturage ba Canada bageze mu zabukuru bishimira ko Leta yabo ibitaho, ikabaha ibyo bakeneye byose ndetse ku buryo hari n’abatirirwa bibaza aho amafaranga akora ibyo aturuka. Benshi muri bo, niba atar...
Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwatangaje ko abasirikare 200 b’iki gihugu bahamwe n’ibyaha birimo guhunga umwanzi bityo ko bakatiwe urwo gupfa. Uwo mwanzi uvugwa ...
Kubera impamvu u Rwanda ruvuga ko zishingiye k’ukutubahiriza amasezerano rwagiranye n’Ubwongereza, rwatangiye kubwishyuza Miliyari Frw 89 zingana n’amafaranga y’amapawundi Miliyoni 50. Kigali ifashe i...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Judith Suminwa yaraye atangije ubukangurambaga mu Ilingala bise Congolais Telema (Bakongomani Muhaguruke) bukangurira abaturage bose kurwanya u...
Hari ijwi ryumvikana mu Giswayili ry’umuntu uvuga ko ari umuyobozi mu Ihuriro rya Wazalendo wigamba igitero cyaraye kigabwe mu mbaga yari iteraniye i Bukavu ikagwamo abantu 11. Yumvikana avuga ko ibyo...
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Juvénal Marizamunda yakiriye Ambasaderi wa Israel mu Rwanda baganira k’ubufatanye mu by’umutekano hagati y’ibihugu byombi. Amakuru agaragara ku rukuta rwa X rwa Minisite...
Inama yabaye tariki 08, Gashyantare, 2025 igahuriza hamwe Abakuru b’ibihugu bya SADC na EAC niyo ntandaro yo kwemeza ko Uhuru Kenyatta wahoze uyobora Kenya, Olusegun Obasanjo wayoboye Nigeria na Haile...
I Nairobi, kuri uyu wa Gatanu, abagaba b’ingabo z’ibihugu bya EAC barangije Inama baganira ku miterere y’intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, bafata i...









