Abantu bose bashaka gusura u Rwanda bahawe amabwiriza mashya bagomba gukurikiza mbere y’uko barugeramo. Harimo ko bagomba kwisuzumisha COVID-19 kandi ibyemezo byerekana ko bayisuzumishije mu buryo bw...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera avuga ko Abanyarwanda batazubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 bazahanwa kuko baba ari byo bahisemo. Asanga buri Muny...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burundi yatangaje ko niba u Bwongereza burisubiyeho ngo bureka kubukomanyiriza mu ngendo z’indege nabwo buzabwihimuraho. Biri mu itangazo yashyize kuri Twitter. Ir...
Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu kwezi kwa Mbere (Mutarama, 2021), muri Shampiyona y’igihugu y’u Bwongereza (Premier League), ryaraye rifunze. Ryari rimaze ukwezi rikorwa kuko ryatangiye tari...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yanditse ko inama ya CHOGM izabera mu Rwanda muri Kamena, 2021 izaba uburyo bwo gushyira mu bikorwa za politiki z’ibihugu by’uriya muryang...
Hari ku itariki 15, Mutarama, 2021, ubwo Ibiro by’Umukuru w’u Burundi byasohoraga itangazo rivuga ko ababikoramo bose bagomba kuza mu kazi bambaye agapfukamunwa. Icyo gihe hari kuwa Gatanu. Nyuma y’im...
Kuri uyu wa Kane ubwo hamurikwaga ubushakashatsi kuri ruswa nto (Rwanda Bribe Index), Umuyobozi wa Porogaramu muri Transparency International Rwanda witwa Albert Rwego Kavatiri yatangaje ko muri uyu m...
‘Guma Mu Karere’, ‘Kigali Guma Mu Rugo’, Saa tatu, Saa Mbiri, ‘Saa Kumi n’Ebyiri Ba uri Mu Rugo’… izo ngamba zatumye ibintu byinshi bigenda gake ndetse n’urukundo ...
Mu ijoro ryakeye nyuma y’uko ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ibonye intsinzi ku mukino yakinagamo n’ikipe y’igihugu ya Togo, hari abanyarwanda batuye mu bice bi...
Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru ku wa Gatandatu yafatiye umutoza wa Musanze FC mu birori ari kumwe n’abandi bantu 12 banyoye inzoga kandi batubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Kugeza ub...









