Ni ikibazo buri wese yakwibaza aramutse yibutse ko COVID-19 yatangiriye mu Bushinwa mu mpera za 2019, Umunyamabanga wa World Health Organization Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus agashinjwa na USA ko yaba...
Minisitiri w’uburezi Dr Valentine Uwamariya yatangaje ko taliki 18, Mutarama, 2020 ari bwo abana biga mu mashuri y’incuke n’abiga mu mwaka wa mbere n’uwa gatatu w’amashuri abanza bazatangira amasomo. ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere( RDB) cyasohoye itangazo rikubiyemo amabwiriza mashya areba abantu bose bifuza gusura ahantu nyaburanga mu Rwanda arimo na za Pariki.Ni amabwiriza ashingiye ku by...
Abasore bazana amata mu Mujyi wa Kigali baturutse mu Karere ka Gicumbi bitwa Abacunda bageze ahitwa Gaseke mu Karere ka Gicumbi bahagarikwa n’abapolisi bababwira ko bitemewe kubera amabwiriza mashya ...
Kuri uyu wa Mbere tariki 04, Mutarama, 2021, mu masaha akuze Inama y’Abaminisitiri iraterana yongere isuzume uko icyorezo COVID-19 gihagaze mu Rwanda bityo ifate izindi ngamba. Iziheruka zasize zemeje...
Mu ijambo Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku baturage risoza umwaka yavuze ko n’ubwo u Rwanda rwaciye mu bibazo bikomeye kubera icyorezo cya COVID-19 ariko hari ikizere ko igihugu kizatera imbere ...
Kuri uyu wa Kane taliki 31, Ukuboza, 2020 nibwo Perezida Paul Kagame yavuze ijambo rirangiza umwaka, arigeza ku batuye u Rwanda. Hari saa tatu z’ijoro Perezida Kagame mu ijambo rye yagarutse ku ...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bivuga Igifaransa, Madamu Louise Mushikiwabo asaba ibigo by’imari n’abandi bafite ijambo rikomeye mu bihugu bikoresha Igifaransa gufasha abagore...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego bwafashe umwanzuro w’uko kuri Stade ya Kigali iri i Nyamirambo igirwa gare by’agateganyo yifashishwa n’abagenzi bagana mu Ntara. Ni umwanzuro w...
Abaturage bavuga ko n’ubwo hari bube Noheli ariko uyu mwaka watumye ntawishimisha nk’uko byari bisanzwe bityo ko na Noheli idashamaje. Abatuvugishije barimo abacuruzi mu nzego zitandukanye kandi abens...









