Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko hari abantu bakeya bakingiwe COVID-19 ariko bayandura bakaremba ndetse bagapfa, bitewe n’indwara zikomeye bari basanganywe. Yabigarutseho kuri uyu w...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imiryango yabaruwe ko izakenera ibiribwa muri guma mu rugo igera ku bihumbi hafi 211, bikazatangwa hagendewe ku mubare w’abagize umuryango. Kuri uyu wa ...
Inteko Rusange y’Abadepite yemeje ko Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel azayigaragariza ingamba zijyanye n’ikoreshwa ry’itabi mu gihugu, by’umwihariko uburyo bwo kumenya ibipimo bigize itab...
Ibitaro bizwi nka Baho International Hospital byo mu Mujyi wa Kigali byasabye imbabazi ku mitangire mibi ya serivisi imaze igihe ibivugwamo, yamaganywe cyane kuva mu minsi ishize binyuze ku mbuga nkor...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yatangaje ko mu Rwanda hamaze kugera coronavirus zihinduranyije, nk’impamvu ikomeye irimo gutuma umubare w’abaremba n’abapfa urushaho kuba munini. Kuva mu ...
Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko ibipimo bifatwa bigaragaza ko mu Rwanda hari coronavirus yihinduranyije yo mu bwoko bwa Delta, ari nayo irimo gutuma abarwara COVID-19 baba benshi kurusha uko byari bisa...
Ubwandu bushya bwa COVID-19 bwatumbagiye mu Rwanda, nyamara si ikibazo cyarwo gusa gusa ahubwo Afurika yose iragisangiye. Bwa mbere mu Rwanda kuri uyu wa Kane yishe abantu 10 mu munsi umwe, nyuma y’im...
Imibare y’imiterere y’ubwandu bwa COVID-19 ikomeje gutumbagira mu Rwanda, ku buryo nko mu minsi icumi ishize guhera ku wa 20 Kamena habonetse abantu bashya 7385 banduye COVID-19, hapfa 49. Ni imibare ...
Kuri uyu wa Kabiri hafashwe ibyemezo bikomeye mu Mujyi wa Kigali n’utundi turere umunani, aho ibiro bya leta n’abikorera, amashuri, insengero n’amakoraniro byafunzwe, kubera izamuka ...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda zimaze iminsi zipima ubwandu bwa COVID-19 harebwa niba nta coronavirus yihinduranyije irimo gukwirakwira mu baturage, gusa ntakiremeza ko ihari nk’uko ibipimo by’ibanze bibi...








