Kubera ko Abanyarwanda benshi bakunda inzoga, buri wese anywa iyo ashoboye kugura cyangwa akayivumba. Abadashobora kugura inzoga ariko bafite urutoki, bahita kwenga bike bafite, umutobe bakawuvanga n’...
Mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umugabo wasanze hari undi mugabo uri kumusambanyiriza umugore amukubita ikibando aramwica. Uvugwaho ubu bwicanyi ni umugabo ukiri muto( ...
Mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore uherutse kwiyahura kubera ko ikiryabarezi cyamuriye Frw 100,000 yari yagurishije igare kugira ngo arebe niba cyamwungukira. Uyu mus...
Ikigo gitanga serivisi z’imari, Airtel Money, cyatangije gahunda yo gukorana na SACCO zifasha abahinzi b’icyayi zo mu Rwanda kugira ngo abahinzi hamwe n’abazikoresha b’izo SACCO bash...
Itangazamakuru ryo muri Uganda rivuga ko hari Umunyarwanda witwa Emmanuel Twishime kuri uyu wa Kabiri taliki 05, Nyakanga, 2022 abaturage basanze yarapfiriye mu kirundo cy’umucanga wamugwiriye yagiye ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, mine na kariyeri , cyatangije ko u Rwanda rwateganyije zahabu ihagije yo kuzagurisha abashyitsi bazitabira CHOGM bazayishak...
Abagabo icumi bafashwe kuri uyu wa Gatanu tariki 22, Ukwakira, 2021 bakurikiranyweho gusahura Fusso yakoze impanuka itwaye ibicuba 52 by’amata. Aho gutabaza bihutiye kuyisahura bajyana mu ngo zabo. Ni...
Amabwiriza yatangajwe na Minisitiri w’ubugetsi bw’igihugu avuga ko akarere ka Rubavu kashyizwe muri Guma mu Karere, kandi ko abagatuye bagomba kuba bari mu ngo zabo bitarenze saa moya z...
Polisi ikorera mu Karere ka Gicumbi yatangaje ko yafashe abantu 16 biganjemo urubyiruko, bakekwaho ubujura mu baturage. Abafashwe biganjemo urubyiruko rw’abasore kuva ku myaka 16 kugeza kuri 35, usiby...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gicumbi yafatiye abantu 14 mu Murenge wa Rwamiko uri mu kato kubera ubwandu bwa COVID-19, barahinduye ingo zabo utubari abandi bakagurishiriza inzoga mu mashyamb...








