Ubuyobozi bwa Kenya butangaza ko mu gihe gito kiri imbere hari abapolisi 600 bazoherezwa muri Haïti gufasha igisirikare cy’aho guhangana n’amabandi asa n’ayigaruriye igihugu cyose. Ayo mabandi ayobora...
Igitutu cy’abarwanyi bo muri Haïti cyasabaga Minisitiri w’Intebe Ariel Henry kwegura cyageze ku ntego kuko yamaze gutangaza ko yeguye. Ni nyuma y’uko yari amaze iminsi ataba mu gihugu kubera kwanga ko...
Nyuma y’uko abasore bagize amatsinda y’abagizi ba nabi babujije indege kugwa ku kibuga mpuzamahanga cya Port-au Prince mu rwego rwo guheza Minisitiri w’Intebe mu mahanga, uyu yatse ubuhungiro muri Pu...
Abasore bo mu matsinda y’abagizi ba nabi muri Haïti babohoye gereza nini zari zifungiwemo abagororwa kugira ngo baze bakorane nabo. Amasasu kandi arumvikana ku kibuga cy’indege mu Murwa mukuru Port-au...
Umucamanza mu rukiko rw’ikirenga rwa Kenya yanzuye ko bidakwiye ko Polisi y’iki gihugu yoherezwa mu Haiti kurwanya udutsiko tw’abagizi ba nabi bahashinze ibirindiro. Uwo mucamanza ya...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) Louise Mushikiwabo asaba amahanga guhagurukira ikibazo cy’umutekano muke kimaze igihe kirekire muri Haïti kuko cyatumy...
Ibarura ry’abahitanywe n’umutingito uherutse kuba muri Haiti ryerekana ko bamaze kugera kuri 1,941 abandi 9,900 barakomeretse hasenyuka inzu 60,000. Ni umutingito wari ufite ubukana bungana na 7.2 ku ...
Muri Haiti , agahinda ni kose kubera urupfu rw’abantu 1,297 bamaze kwicwa n’umutingito wabaye kuri iki Cyumweru tariki 15, Kanama 2021. Ni ibyago bije byiyongera ku rupfu rw’Umukuru wa kiriya gihugu w...
Ubushinjacyaha bukuru bwa Madagascar bwemeza ko hari Abafaransa babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho gucura no gushyira mu bikorwa umugambio wo kwica Perezida wa kiriya gihugu ariko waburijweho. ...
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Haïti, Martine Moïse yavuze ko iyicwa ry’umugabo we ryakozwe ‘mu kanya nk’ako guhumbya.’ Ni ubutumwa aherutse gutambutsa kuri Twitter akoresheje ijwi rye yahacishije....









