Mu Biro bye bita Oval Office, Perezida w’Amerika Joe Biden yaraye agejeje ijambo ku Banyamerika ababwira ko Amerika idashobora kureka ngo Putin akore uko yishakiye kandi ngo ibi ni ko bimeze no kuri ...
Perezida w’Amerika Joe Biden yaraye aganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu bemeranya Israel igomba gutera Hamas iyisanze muri Gaza. Ni icyemezo cyari kitezwe na benshi kubera k...
Mu buryo butunguranye, iteganyagihe rya Israel ryatumye ubuyobozi bw’ingabo z’iki gihugu buzisaba kuba ziretse gutangiza ibitero simusiga kuri Gaza, hirindwa imbogamizi zakururwa imvura nyinshi. N’ubw...
Vladmir Putin avuga ko iyo abagabo basanze kumvana imbaraga ari cyo cyakemura ibibazo bafitanye, abantu bajye babareka barwane. Icyakora ngo intambara y’abagabo hagati yabo bafite ibyo bapfa ntikajye ...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss yabwiye abanyamakuru bo mu Rwanda ko ntacyo yatangaza ku byerekeranye niba urwego rw’ubutasi bwa Israel Mossad rwararangaye k’uburyo Hamas itera iki gihugu i...
Ku rukuta rwe wa X, Einat Wiess umaze igihe gito ahagarariye Israel mu Rwanda yahashyize ifoto yahobeye umugabo we Aviad, amusazeraho ngo asubire mu gihugu cye kurwana na Hamas. Aviad kimwe n’abandi b...
Ingabo za Israel zahawe amabwiriza yo kurwana na Hamas kugeza kuwa nyuma. Guhera kuri iki Cyumweru nibwo Guverinoma ya Israel yatangaje ku mugaragaro ko itangije intambara yeruye, kugeza ubu ingabo 17...
Dr. Shoshan Haran umwe mu bahanga mu by’ubuhinzi waherukaga mu Rwanda mu mezi make ashize kuhatangiza umushinga wo gutubura imbuto z’indobanure ari mu bantu Hamas yashimuse mu mpera z’Icyumweru gishiz...
Abasirikare bakuru muri Hezbollah batangaje ko abayobozi bakuru mu ngabo za Iran n’abategetsi basanzwe b’iki gihugu bari mu b’ingenzi bafashije Hamas gutegura ibitero iherutse kugaba kuri Israel. Ku w...
Col Jonathan Steinberg w’imyaka 42 y’amavuko wayobora Bridage yitwa Nahal mu ngabo za Israel yaguye ku rugamba ingabo z’igihugu cye ziri kurwana na Hamas mu Majyepfo ariko zikarwana na Hezbollah mu M...









